Subscribe to Updates
Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.
- Hari Ubwigenge nyakuri no Kwibohora biva ku Mana
- Gakenke: Ingabo na Polisi y’u Rwanda, bashyikirije imiryango cumi n’ibiri”12″ impano z’inzu
- Diyoseze Gatolika ya Ruhengeri: Mu ma Paroisse atandukanye, hatangajwe aho Abapadiri bazakorera ubutumwa (Nominations) mu mwaka wa 2026/ 2027
- Brig. Gen. Patrick Karuretwa Umuvugizi wa RDF Yaganirije urubyiruko ruri mu Itorero Indangamirwa Icyiciro cya 16
- Mu Rwanda: Abana 5% bari munsi y’imyaka itanu bafite ibibazo by’umubyibuho ukabije
- BURERA: Abikorera biyemeje kudakura mu ruge mu gutera inkunga abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
- IBIDASANZWE KU MURYANGO W’ABAKONO
- MUSANZE: SINGITA HOTEL yaremeye imiryango ine(4) y’abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994
Author: MANIRAGUHA Ladisilas
Abakirisito bo mu itorero rw’abadivandisiti b’umunsi wa Karindwi mu Rwanda barahiriye kutazaba ibigwari muri gahunda za Leta zirimo n’umuganda kabone nubwo ukorwa buri wa gatandatu wa nyuma w’ukwezi (Isabato ya nyuma y’ukwezi). Ibi babitangarije Karibumedia.rw kuri iki cyumweru, tariki ya 26/04/2026 ubwo abarisito b’Intara ya Bukamba mu karere ka Burera babyukiye mu muganda wo gusibura imiyoboro y’amazi no gutunganya ibinogo byo mu muhanda mu Centre ya Kanyirarebe iherereye mu kagari ka Nyangwe mu murenge wa gahunga. Nsengiyumva Ernest na Ahishakiye Innocent ni bamwe mu baturage baganiriye na Karibunedia.rw bavuga ku mpamvu badakora umuganda ku isabato n’icyo bagaya kuri bagenzi babo…
Iran ikomeje kwandika amateka mu bijyanye n’intambara, aho imaze kwerekana ko igihugu gito gifite ibikoresho bito gishobora guhangana n’ibikomerezwa bifite ibitwaro binini hifashishijwe amayeri mashya yo gutungura umwanzi. Iran yize amayeri yo gukora amato y’imibu (Mosquito fleets) ku bwinshi, aya ni amato mato; Yihuta cyane; Yikoreye missile n’intwaro ziremereye, akatakira rimwe mu mpande zitandukanye. Aya mato niyo ari gukoreshwa n’Ingabo za Irani, zishinzwe kurinda umuhora wa Hormuz. Muri Mata 2026, aya mato yakomeje guteza ibibazo bikomeye igisirikare cya Amerika n’ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump kuko n’ubwo Amerika ivuga ko yashenye amato manini y’intambara ya Iran, aya mato mato yo yagumye…
Président Donald Trump yategetse ko indege kabuhariwe Doomsday Mercury US Navy iva muri muri leta zunze ubumwe za amerika ikerekeza mu nyanja ya méditerranée. Iyo ndege niyo ku rwego rwa nyuma mu ndege zikomeye mu gisirikare kw’isi. Trump akomeje gutera ubwoba Téhéran kugira ngo yemere kujya mu biganiro. Leta zunze ubumwe za amerika zamaze kwegereza abasirikare 6000 hafi ya Hormuze kugira ngo bitegure ibitero bikomeye byo gusenya ubutegetsi bwa Iran, ni nyuma yo kwanga ibiganiro bibahuza na leta zunze ubumwe za amerika. Commandant wa CGRI Général Amir Hatami yatangaje ko Leta zunze ubumwe za amerika zitekereza ko Iran yatakaje ingufu,…
Guverineri w’intara y’amajyarugu yasabye urubyiruko rwo mu karere Ka Musanze kumenya amateka nyakuri ya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 basura inzibutso za Jenoside ziri mu karere no mu ntara . Bityo bibafashe kwirinda abapfobya Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka 1994. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa 22 Mata, 2026 ubwo urubyiruko rwabakorerabushake rwo mu karere ka Musanze rwari ruri mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 32 Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsii mu mwaka 1994. Ni umuhango watangijwe n’urugendo rwo kwibuka rwatangiriye mu mujyi, ku isoko rya GOICO, rusorezwa ku Rwibutso rw’Akarere ahari Cour d’Appel de Ruhengeri, aho abayobozi mu…
Abana bagera ku bihumbi bitandatu n’ijana na batanu (6.105) bo mu karere ka Musanze, barimo magana atanu na mirongo itatu n’icyenda (539) batigeze bakandagira mu ishuri na rimwe (Never went) n’ibihumbi bitanu magana atanu mirongo itandatu na batandatu (5566) bataye ishuri (Dropout), ku bufatanye n’umushinga uzwi nka “Zero out of School Children Project” ukorera mu muryango utagengwa na Leta uzwi nka “Save the Children” bagiye kurisubizwamo. Aba bana bagiye kugarurwa mu ishuri ku bufatanye na Leta y’u Rwanda n’igihugu cya Qatar aho hifuzwa ko umwana wese utiga agomba kugarurwa mu ishuri nk’uko bisobanurwa n’Umuyobozi w’Umushinga “Umwana wese yige” uzwi nka…
Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda, Nyirahabimana Soline, yagaragarije amahanga ko inteko zishinga amategeko zigomba kongera imbaraga mu gushyiraho politiki n’amategeko arengera abagore, agamije kububakira icyizere no kubaha uburinganire busesuye. Ibi yabivugiye mu Nteko Rusange ya 152 y’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Inteko Zishinga Amategeko (IPU) iri kubera i Istanbul muri Türkiye, aho yatanze ijambo ryibanze ku nsanganyamatsiko igira iti: “Kubiba icyizere, kwimakaza amahoro no guharanira ubutabera ku bisekuru bizaza.” Mu ijambo rye, Nyirahabimana yibukije amateka akomeye u Rwanda rwanyuzemo, agaragaza ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yasize igihugu kiri mu bihe bikomeye, cyugarijwe no kubura icyizere cy’ejo hazaza. Ati: “Igihugu cyari…
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump ategerejwe mu kwitabira igikorwa gikomeye cyiswe ‘America Reads The Bible’. Kizabera i Washington DC ku wa 21 Mata 2026, aho azagira uruhare mu gusomera Abanyamerika amagambo yo muri Bibiliya. Iki gikorwa kizabera mu Nzu Ndangamurage ya Bibiliya, kikazahuza abayobozi bakomeye, abanyamadini n’abandi banyacyubahiro, bagamije gusoma no kuganira ku magambo yo mu Byanditswe Bitagatifu, hanaboneke umwanya wihariye w’amasengesho. Nubwo abandi bayobozi bazitabira imbonankubone, Trump we azatanga ubutumwa bwe abinyujije mu mashusho yafatiwe mu biro bye, buzerekanwa ku bazitabiriye iki gikorwa. Mu bayobozi bazahagaragara muri icyo gikorwa harimo Minisitiri w’Intambara, Pete Hegseth ndetse…
Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye yatangaje ko yiteguye kugirira urugendo i Kigali igihe cyose haba hari impamvu ifatika imujyanyeyo. Ibi yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umuyoboro wa YouTube wa Yaga Burundi, cyasohotse kuri uyu wa 18 Mata 2026. Iri jambo rije mu gihe Perezida Ndayishimiye ari we uyoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) muri uyu mwaka wa 2026, inshingano yatorewe mu nama y’uyu muryango yabereye i Addis Abeba muri Gashyantare uyu mwaka. Ndayishimiye yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umuyoboro wa YouTube wa Yaga Burundi. Ni iki kiganiro cyabaye mu gihe u Burundi bumaze imyaka irenga ibiri budacana…
Muri 2025 gatanya mu Rwanda zaratumbagiye zigera kuri 2,629. Menya impamvu: ubuhemu; Ibibazo by’ubukungu n’uburangare mu kwitegura urushako biri gushenya imiryango, n’ubyo Umujyi wa Kigali uza ku isonga muri iyi mibare iteye inkeke. Imibare mishya ituruka mu kigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko gatanya mu bashakanye mu Rwanda zikomeje kwiyongera ku muvuduko uteye inkeke. Mu myaka itatu gusa (2023_ 2025), imiryango 4,479 yemerewe n’inkiko gutandukana burundu, aho abasaga 41% ari imiryango yari imaze imyaka itageze kuri 10 ishinze urugo. Uko gatanya zagiye zizamuka umwaka ku wundi, imibare yerekana ko uko imyaka ishira gatanya zirushaho kwiyongera cyane: . 2023: Gatanya…
Nk’uko bigaragara mu byegeranyo bitandukanye, Leta yo kuri Repubulika ya kabiri iyobowe na Perezida HABYARIMANA Juvenal yakoze amakosa menshi yagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994. Iyi Jenoside yahagaritswe n’ingabo zari iza FPR Inkotanyi, mu gihe ingabo z’amahanga n’imiryango mpuzamahanga byari byatereranye abanyarwanda. Ubu Ingabo zari iza FPR Inkotanyi zihuje n’ingabo zitandukanije n’abasize bakoze Jenoside mu Rwanda “FAR”, zihinduka ingabo z’u Rwanda “RDF” kubera ubuyobozi bwiza. Aya makosa yakozwe na Leta yo kuri Repubulika ya kabiri, yakomeje gukurikirana abanyarwanda kugeza ubwo uyu munsi u Rwanda rufite impunzi nyinshi hirya no hino ku isi ariko uyu munsi Leta y’u…
