
Président Donald Trump yategetse ko indege kabuhariwe Doomsday Mercury US Navy iva muri muri leta zunze ubumwe za amerika ikerekeza mu nyanja ya méditerranée.
Iyo ndege niyo ku rwego rwa nyuma mu ndege zikomeye mu gisirikare kw’isi. Trump akomeje gutera ubwoba Téhéran kugira ngo yemere kujya mu biganiro.
Leta zunze ubumwe za amerika zamaze kwegereza abasirikare 6000 hafi ya Hormuze kugira ngo bitegure ibitero bikomeye byo gusenya ubutegetsi bwa Iran, ni nyuma yo kwanga ibiganiro bibahuza na leta zunze ubumwe za amerika.

Commandant wa CGRI Général Amir Hatami yatangaje ko Leta zunze ubumwe za amerika zitekereza ko Iran yatakaje ingufu, ko nta birwanisho afite byatuma yongera guhangana na Trump. Ku bwe yavuzeko ari kwibeshya cyane, yavuze ko igihugu cye gifite ubushobozi bwo kurwana intambara mpaka kuwanyuma.
Karibumedia
