Subscribe to Updates
Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.
- Hari Ubwigenge nyakuri no Kwibohora biva ku Mana
- Gakenke: Ingabo na Polisi y’u Rwanda, bashyikirije imiryango cumi n’ibiri”12″ impano z’inzu
- Diyoseze Gatolika ya Ruhengeri: Mu ma Paroisse atandukanye, hatangajwe aho Abapadiri bazakorera ubutumwa (Nominations) mu mwaka wa 2026/ 2027
- Brig. Gen. Patrick Karuretwa Umuvugizi wa RDF Yaganirije urubyiruko ruri mu Itorero Indangamirwa Icyiciro cya 16
- Mu Rwanda: Abana 5% bari munsi y’imyaka itanu bafite ibibazo by’umubyibuho ukabije
- BURERA: Abikorera biyemeje kudakura mu ruge mu gutera inkunga abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
- IBIDASANZWE KU MURYANGO W’ABAKONO
- MUSANZE: SINGITA HOTEL yaremeye imiryango ine(4) y’abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994
Author: MANIRAGUHA Ladisilas
Muri Yosuwa 2:18-19 hagira hati: “[18]Nitugera muri iki gihugu uzapfundike aka kagozi gatukura ku idirishya uducishijemo, ariko so na nyoko na bene so n’abo mu rugo rwa so bose, uzabateranirize iwawe. [19]Nihagira umuntu uva mu nzu yawe agasohoka, amaraso ye ni we azabaho twe nta rubanza ruzatubaho. Kandi umuntu wese uzaba ari hamwe nawe mu nzu, amaraso ye azatubeho nihagira umwakura.Umugani nyarwanda uravuga ngo ntabapfira gushira. Abantu b’i Yeriko bagombaga kwicwa bose bagashira kuko abisirayeri bagombaga kuba muri iki gihugu benecyo bose bapfuye. Rahabu we wari indaya yahisemo gukora ibintu twakwemeza ko ari ukugambanira igihugu kandi n’ubundi kubikora no kutabikora…
Imikorere igezweho mu Isi ni aho abantu bahabwa inshingano zo gukora ikintu bakihutira kubaza ubwenge buhangano kuko bwihutisha akazi, ariko Umuyobozi Mukuru wa Google na Alphabet, Sundar Pichai, yavuze ko bidakwiye ko abantu bizera buhumyi iri koranabuhanga. Sundar Pichai yabwiye BBC ko abantu bakwiye gukomeza gushyira imbere gukora ubushakashatsi bakoresheje uburyo n’ibikoresho bitandukanye aho kwishingikiriza kuri AI gusa. Ati “Ubwenge buhangano burafasha cyane iyo ushaka kwandika ibintu mu buryo bunoze, ariko ababukoresha bakwiye kwiga kubukoresha mu nzego basobanukiwe neza, bakareka kwizera buhumyi ibintu byose AI ibabwiye.” Sundar yavuze ko aho ikoranabuhanga rya ‘AI’ rigeze muri iki gihe bishoboka cyane ko…
Muri Yosuwa1:7, hagira hati: “[7]Icyakora ukomere ushikame cyane, kugira ngo witondere amategeko yose umugaragu wanjye Mose yagutegetse. Ntuzayateshuke uciye iburyo cyangwa ibumoso kugira ngo ubashishwe byose aho uzajya hose.Ese ujya wibuka ko hari ibintu bitunanira kugeraho mu buzima kubera kudakurikiza amategeko y’Imana? Hari inzara; Uburwayi; Intambara; Gutsindwa; Ubukene; Kurumbya… biba ku muntu cyangwa ku gihugu bitewe no kudakurikiza amategeko y’Imana. HARI IBIBAZO UBAMO KUBERA BA SOGAKURUZA BAWE BATAKURIKIJE AMATEGEKO Y’IMANA. Mu Kuva 20:5 handitse ngo: “[5]Ntukabyikubite imbere, ntukabikorere kuko Uwiteka Imana yawe ndi Imana ifuha, mpōra abana gukiranirwa kwa ba se, nkageza ku buzukuruza n’ubuvivi bw’abanyanga”. Ubukene wavukiyemo; Intambara uhoramo;…
Muri 1 Petero 3:9, hagira hati: “[9]Ntimukiture umuntu inabi yabagiriye cyangwa igitutsi yabatutse, ahubwo mumwiture kumusabira umugisha kuko ari byo mwahamagariwe kugira ngo namwe muragwe umugisha.Abantu bamwe kubw’imbaraga nke mu kwirinda icyaha; Bagira guhemuka; Ubusambo; uburiganya; Kwicana; Ubusambanyi; Kuroga; Kwangana… NIBA WARAHEMUKIWE NTUZASHIMIRWA KO WIHOREYE KURUSHAHO. Usibye no kwihorera birushijeho, ntituri no mugihe cy’iryinyo ku ryinyo cyangwa ijisho ku jisho (Code d’Hammurabi) aho iyi kode yavugaga ngo umuntu nagukura iryinyo nawe arikurwe cyangwa navanamo ijijsho ry’undi nawe barivanemo. MU RWANDA DUSHIME IMANA KO PEREZIDA KAGAME PAUL YABUJIJE ABANTU KWIHORERA. Umuyobozi w’u Rwanda, Nyakubahwa Perezida wa Repebulika y’Urwanda Paul Kagame, Imana…
Muri Yobu 42:8, hagira hati: “[8]Nuko rero mwishakire ibimasa birindwi n’amapfizi y’intama arindwi, maze musange umugaragu wanjye Yobu. Mwitambirire igitambo cyoswa kandi umugaragu wanjye Yobu azabasabira kuko ari we nemera kugira ngo ntabagenzereza nk’uko ubupfapfa bwanyu buri kuko mutavuze ibyanjye bitunganye nk’uko umugaragu wanjye Yobu yagenje.”Ubupfapfa umuntu ashobora kugira mu buzima bwe, bushobora gutuma Imana imurakarira kuburyo yashaka no kuzamura isengesho ku kibazo runaka Imana ntimwumve. Bumwe mu bupfapfa bwatuma Imana itakumva ni ukugira ibigirwamana ndetse no guhagurukira abakozi b’Imana mu buryo bumwe cyangwa ubundi. HARI AHO BIGERA GUKIRANUKA BIGAKIZA NYIRAKO WENYINE GUSA. Muri Ezekiyeli 14:20, hagira hati: “[20]naho Nowa…
Muri 1 Samweli 18:1-5, hagira hati: “[1]Nuko Dawidi amaze kuvugana na Sawuli, umutima wa Yonatani uherako uba agati gakubiranye n’uwa Dawidi, kandi Yonatani akamukunda nk’uko yikunda; [2]Maze uwo munsi Sawuli ajyana Dawidi iwe, ntiyamukundira gusubira kwa se ukundi; [3]Bukeye Yonatani na Dawidi basezerana isezerano kuko yari amukunze nk’uko yikunze; [4]Yonatani yijishuramo umwitero we yari yiteye awuha Dawidi, n’umwambaro we ndetse n’inkota ye, n’umuheto we n’umukandara we; [5]Nuko Dawidi akajya ajya aho Sawuli yamutumaga hose, akitonda. Sawuli amugira umutware w’ingabo ze, abantu bose barabyishimira ndetse n’abagaragu ba Sawuli.BIBILIYA IRAVUGA NGO INSHUTI NYINSHI ZISENYA URUGO. Mu Imigani 18:24, hagira hati: “[24]Incuti nyinshi…
Mu 1abakolinto 10:13 hagira hati: “[13]Nta kigeragezo kibasha kubageraho kitari urusange mu bantu kandi Imana ni iyo kwizerwa kuko itazabakundira kugeragezwa ibiruta ibyo mushobora, ahubwo hamwe n’ikibagerageza izabacira akanzu, kugira ngo mubone uko mubasha kucyihanganira.Isi tuyibamo dufashe igihe mu ntambara. Hari ibigeragezo byinshi bitandukanye, nk’intambara; Gupfusha; Kurwaza; Inzara; Ubushomeri; Ubukene; Ibibazo byo mu ngo n’ibindi… HABAHO IBIGERAGEZO BIDASANZWE KU BATUBAHA IMANA. Abiramu, Datani na Kora basuzuguye Mose ubutaka burasama bubamirana n’imiryango yabo. Ikindi tuzi ni aho inyanja itukura yarimbuye ingabo z’abanyegiputa abisirayeli bamaze kwambuka inyanja neza. IBIRI KUKUGERAGEZA BIRI HASI Y’IBYO USHOBORA KWIHANGANIRA. Ntakigeragezo Imana itanga kiri hejuru y’icyo umuntu…
Muri Yesaya 41:10-11, hagira hati: “[10]Ntutinye kuko ndi kumwe nawe, ntukihebe kuko ndi Imana yawe. Nzajya ngukomeza, ni koko nzajya ngutabara kandi nzajya nkuramiza ukuboko kw’iburyo, ari ko gukiranuka kwanjye; [11]“Dore abakurakariye bose bazakorwa n’isoni bamware, abagutonganya bazahinduka ubusa ndetse bazarimbuka.IBIHE URIMO BIRAKOMEYE ARIKO IMANA IRAJE IBIGENZE NEZA Umuntu ajya aba mu bihe byo gupfusha; Kurwara bikomeye; Kurwaza igihe kirekire; Guhomba; Gukena bikabije; Ibibazo by’urushako; Ubutane; Abana bananiranye; Abana bihakanywe na ba se bababyaye; Kurogwa… BURI KINTU KIGIRA IGIHE CYACYO Ibihe urimo nubwo bigoye ariko bizashira, Uwiteka aravuze ngo humura, araje akuramize ukuboko kwe gukomeye. NUBWO IBIBAZO WABISHYIRWAMO N’ABANTU BAZAMWARA…
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yavuze ko igihugu ayoboye kisazubukura igerageza ry’intwaro za nucléaire mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangira ibyo bikorwa mu rwego rwo gukomeza kurinda umutekano wo muri iki gihugu. Ibi yabitangaje nyuma y’uko ibiganiro biherutse guhuza aba bayobozi bombi byari bigamije kurebera hamwe uburyo intambara yo muri Ukraine yahagarikwa ariko ntibakumvikana muri iki gihugu. Putin yahaye amabwiriza Minisiteri y’Ingabo n’Ububanyi n’Amahanga kureba uburyo bashyira mu bikorwa iyi gahunda yo kongera kugerageza intwaro za nucléaire. Ati “Mukwiriye gutangira gukusanya amakuru ajyanye n’uburyo twatangira gushyira mu bikorwa byo gusubukura igerageza ry’intwaro za nucléaire.” U Burusiya bwaherukaga…
Indorerezi z’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), zatangaje ko amatora yabaye muri Tanzania tariki 29 Ukwakira 2025, atakurikije amahame ya demokarasi ajyanye n’ubwisanzure mu matora, ndetse yahise avukamo imyigaragambyo yahungabanyije umutekano w’iki gihugu. Iyi raporo yatanzwe ku wa 5 Ugushyingo 2025, bikozwe n’itsinda ry’indorerezi 72, zari zoherejwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, yagaragaje ibibazo birimo uburiganya, guhagarika internet, gukoresha ingufu nyinshi za gisirikare, n’ibyaha birimo gushimuta abantu mu nyungu za politiki. Indorerezi zavuze ko amatora atubahirije amahame ya AU n’amategeko mpuzamahanga, ndetse ko yakozwe mu buryo butari bwo, bigatuma ubwisanzure bw’abatora buba buke. Iyo raporo iti “Mu igenzura ryakozwe,…
