Author: Pasteur Alphonse HABYARIMANA

Muri Matayo 5:3, hagira hati: “[3]“Hahirwa abakene mu mitima yabo,Kuko ubwami bwo mu ijuru ari ubwabo.Iyo muri uyu murongo wa Bibiliya bavuga umukene ntibaba bavuga ukennye ku butunzi bwo mu isi ahubwo baba bavuga ufite inzara n’inyota byo guhora ashakisha gukora ibyo umwami Yesu ashima, ashakisha umwami Yesu; Guhora afite inyota yo gusoma no kumva Ijambo ry’Imana. Umuntu muzima ntashimishwa no kuba umukene, ahubwo agomba gukora, agatunga ndetse kandi ubwo butunzi akabukoresha mu bwami bw’Imana ndetse agafasha n’abakene. TURI ABAMI NDETSE N’ABATAMBYI. Mu Ibyahishuwe 5:10, hagira hati: “[10]ukabahindurira Imana yacu kuba abami n’abatambyi, kandi bazīma mu isi.” Imana yaduhaye isi…

Read More

Muri 1Timoteyo 2:9-14 hagira hati: “[9]Kandi n’abagore ni uko ndashaka ko bambara imyambaro ikwiriye, bakagira isoni birinda kandi batirimbisha kuboha umusatsi cyangwa izahabu cyangwa imaragarita, cyangwa imyenda y’igiciro cyinshi; [10]ahubwo birimbishishe imirimo y’ingeso nziza nk’uko bikwiriye abagore bavuga yuko bubaha Imana; [11]Umugore yigane ituza aganduke rwose; [12]kuko nanga ko umugore yigisha cyangwa ngo ategeke umugabo, ahubwo agire ituza; [13]kuko Adamu ari we wabanje kuremwa nyuma hagakurikiraho Eva; [14]Kandi Adamu si we wayobejwe, ahubwo umugore ni we wayobejwe rwose, ahinduka umunyabicumuro. Igihugu kiza gitangirira ku muryango muzima. Burya mu rugendo rw’abantu babiri hagomba kuba umuto n’umukuru. Ni nako Imana yashyize gahunda…

Read More

( N.B: DORE UMUTI W’ABANTU BABOSHYWE N’UBUSAMBANYI) Yohani 1:23 hagira hati: “Ati: “Ndi ijwi ry’urangururira mu butayu ngo ‘Nimugorore inzira y’Uwiteka’ nk’uko umuhanuzi Yesaya yabivuze”. ESE UGIRA NGO WAKWISHOBOZA KUREKA UBUSAMBANYI KANDI UMUBIRI WAWE ARI MUZIMA? Umuntu muzima mu mubiri kugira ibyiyumviro byo gushaka uwo badahuje igitsina ni ibintu bisanzwe, gusa uko abyiyumvisemo siko agomba guhita akurikira inzira y’aho bimuganisha ahubwo agomba kureba ko Imana ibimwemerera kandi ari ahantu hakwiriye. HARI ABANTU BAFITE IMYUKA IBAKURURIRA MU BUSAMBANYI BABISHAKA BATABISHAKA. Hari abagira karande y’ubusambanyi kuburyo babishaka batabishaka bashiduka basambanye. Urugero nink’umwana wavutse ku ndaya nawe iyo adahuye n’ubuntu bw’Imana aba azasambana…

Read More

Yohani 1:23 hagira hati: “Ati: “Ndi ijwi ry’urangururira mu butayu ngo ‘Nimugorore inzira y’Uwiteka’ nk’uko umuhanuzi Yesaya yabivuze”. ESE URI UMUKIRISTO ARIKO UKABA WARIBAGIWE AMATEGEKO Y’IMANA? Mu gitabo cyo kuva 20:14 hagira hati: “Ntugasambane”. NIBA USAMBANA KANDI UZI IRI TEGEKO WUMVA BIZAGENDA GUTE? Muri Zaburi 50:21 hagira hati: “[21]Ibyo urabikora nkakwihorera, Ukibwira yuko mpwanye nawe rwose. Ariko nzaguhana mbishyire imbere y’amaso yawe, Uko bikurikirana”. Imana iracyaguha amahirwe yo kwisubiraho kugira ngo utajya gihenomu; Kugira ngo utarwara sida; Kugira ngo udatwara inda idateganijwe cyangwa kugira ngo udahurira n’ibibazo ku kazi. ESE WARAHUYE N’IBIBAZO KUBERA UBUSAMBANYI WAKORA IKI? Ikiza ni uko utabupfiriyemo…

Read More

Muri Matayo 15:32-37 hagira hati: [32]Yesu ahamagara abigishwa be arababwira ati: “Mbabariye abo bantu kuko uyu munsi ari uwa gatatu turi kumwe, none ntibafite ibyokurya. Sinshaka kubasezerera batariye, isari itabatsinda ku nzira”; [33]Abigishwa baramubaza bati “Muri ubu butayu twakura he imitsima ingana ityo yo guhaza abantu bangana batya?”; [34]Yesu na we arababaza ati: “Mufite imitsima ingahe? ”Baramusubiza bati: “Ni irindwi n’udufi duke”; [35]Ategeka abantu ko bicara hasi; [36]Yenda iyo mitsima irindwi n’udufi, arabishimira, arabimanyagura, abiha abigishwa be, na bo babiha abantu; [37]Bose bararya barahaga, bateranya ubuvungukira busigaye, bwuzura ibitebo birindwi. ESE WABA UZI IBIRYO USIGAZA MU RUGO UKO BINGANA…

Read More

Muri Matayo 15:32-37 hagira hati” [32]Yesu ahamagara abigishwa be arababwira ati: “Mbabariye abo bantu kuko uyu munsi ari uwa gatatu turi kumwe, none ntibafite ibyokurya. Sinshaka kubasezerera batariye, isari itabatsinda ku nzira”; [33]Abigishwa baramubaza bati “Muri ubu butayu twakura he imitsima ingana ityo yo guhaza abantu bangana batya?”; [34]Yesu na we arababaza ati: “Mufite imitsima ingahe? ”Baramusubiza bati “Ni irindwi n’udufi duke”; [35]Ategeka abantu ko bicara hasi; [36]Yenda iyo mitsima irindwi n’udufi, arabishimira, arabimanyagura, abiha abigishwa be, na bo babiha abantu; [37]Bose bararya barahaga, bateranya ubuvungukira busigaye, bwuzura ibitebo birindwi. 4. REKA KUGIRA UBWOBA BW’UBUTUNZI AHUBWO IZERE UMWAMI YESU…

Read More

Muri Matayo 15:32-37 hagira hati: [32]Yesu ahamagara abigishwa be arababwira ati: “Mbabariye abo bantu kuko uyu munsi ari uwa gatatu turi kumwe, none ntibafite ibyokurya. Sinshaka kubasezerera batariye, isari itabatsinda ku nzira”; [33]Abigishwa baramubaza bati “Muri ubu butayu twakura he imitsima ingana ityo yo guhaza abantu bangana batya?”; [34]Yesu na we arababaza ati: “Mufite imitsima ingahe? ”Baramusubiza bati: “Ni irindwi n’udufi duke”; [35]Ategeka abantu ko bicara hasi; [36]Yenda iyo mitsima irindwi n’udufi, arabishimira, arabimanyagura, abiha abigishwa be, na bo babiha abantu; [37]Bose bararya barahaga, bateranya ubuvungukira busigaye, bwuzura ibitebo birindwi. ESE WABA UZI IBIRYO USIGAZA MU RUGO UKO BINGANA BAKABIMENA?…

Read More

Muri Matayo 15:32-37 hagira hati: [32]Yesu ahamagara abigishwa be arababwira ati “Mbabariye abo bantu kuko uyu munsi ari uwa gatatu turi kumwe, none ntibafite ibyokurya. Sinshaka kubasezerera batariye, isari itabatsinda ku nzira”; [33] Abigishwa baramubaza bati “Muri ubu butayu twakura he imitsima ingana ityo yo guhaza abantu bangana batya?”; [34] Yesu na we arababaza ati “Mufite imitsima ingahe?”Baramusubiza bati “Ni irindwi n’udufi duke”; [35] Ategeka abantu ko bicara hasi; [36] Yenda iyo mitsima irindwi n’udufi, arabishimira, arabimanyagura, abiha abigishwa be, na bo babiha abantu; [37] Bose bararya barahaga, bateranya ubuvungukira busigaye, bwuzura ibitebo birindwi. 1. NUGIRA ABASHYITSI UDAFITE ICYO…

Read More

Muri Matayo 14:8-11 hagira hati: “[8]Na we amaze koshywa na nyina aramubwira ati “Mpa igihanga cya Yohana Umubatiza ku mbehe”; [9]Umwami arababara, ariko ategeka ko bakimuha ku bw’indahiro yarahiriye imbere y’abasangiraga na we; [10]atuma mu nzu y’imbohe ngo bace igihanga cya Yohana; [11]Bazana igihanga cye ku mbehe bagiha umukobwa, agishyīra nyina”. A. NTUGATWARWE N’AMAHAME Y’IDINI NGO NI UKO ARI IRYO SO NA NYOKO BASENGERAMO. Hari abantu banze kuva mu kubandwa; Mu guterekera; Mu madini ya gakondo ndetse n’andi ya gishiyani, aho amenshi yemera imikorere y’abazimu; Abapfumu n’abarozi, itangwa ry’ibitambo by’amaraso n’ibindi bibi kandi biteye ubwoba. Uzasanga akenshi muri iyo miryango…

Read More