Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

July 18, 2026

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100
  • Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi
  • RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2
  • KARONGI: Imihanda yinjira mu mujyi igiye gushyirwamo ibihangano nyabugeni
  • GICUMBI: Imurikabikorwa ryagaragaje ko abaturage badakangwa n’ibihe by’Impeshyi
  • Mu Burundi: Ubwato bw’igisirikare cy’u Burundi bumaze iminsi ibiri butaboneka
  • U Rwanda rwashoye miliyari 48 Frw muri nkunganire ku biciro bya peteroli
  • Ingabo za RDF zirwanira ku butaka zasoje amahugurwa yo ku rwego rwo hejuru
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » Dusangire ijambo ry’Imana! Theme: Imana igiye gutubura bike ufite, ubikoreshe ndetse ujye usagura. Part 3.
Iyobokamana

Dusangire ijambo ry’Imana! Theme: Imana igiye gutubura bike ufite, ubikoreshe ndetse ujye usagura. Part 3.

Pasteur Alphonse HABYARIMANABy Pasteur Alphonse HABYARIMANASeptember 30, 2025Updated:September 30, 20257 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Muri Matayo 15:32-37 hagira hati:

[32]Yesu ahamagara abigishwa be arababwira ati: “Mbabariye abo bantu kuko uyu munsi ari uwa gatatu turi kumwe, none ntibafite ibyokurya. Sinshaka kubasezerera batariye, isari itabatsinda ku nzira”;
[33]Abigishwa baramubaza bati “Muri ubu butayu twakura he imitsima ingana ityo yo guhaza abantu bangana batya?”;
[34]Yesu na we arababaza ati: “Mufite imitsima ingahe? ”Baramusubiza bati: “Ni irindwi n’udufi duke”;
[35]Ategeka abantu ko bicara hasi;
[36]Yenda iyo mitsima irindwi n’udufi, arabishimira, arabimanyagura, abiha abigishwa be, na bo babiha abantu;
[37]Bose bararya barahaga, bateranya ubuvungukira busigaye, bwuzura ibitebo birindwi.

ESE WABA UZI IBIRYO USIGAZA MU RUGO UKO BINGANA BAKABIMENA?

Yesu amaze gutubura imigati, bakusanyije ubuvungukira bwasigaye bwuzura ibitebo birindwi. Ese utekereza barabukusanyirije kubumena kubera abantu bose bari bahaze? Oya, ahubwo biriya biraduha isomo ryo gukoresha ibiryo neza, ntihakagire ibiryo upfusha ubusa ngo byasigaye. Kimwe cyo hari abantu bakeneye ubwo buvungukira babubuze ngo babeho cyangwa ukabara mu bundi buryo bugasimburwa n’amafaranga yo gufasha ababikeneye.

Hari abantu bateka ibiryo byinshi bakabisigaza, ejo n’ejo bundi kuburyo ukwezi gushira hafi kimwe cya gatatu cyangwa kimwe cya kane cyaragiye mu kimoteri (Ukore uwo mwitozo wo gukusanya ibyasigaye mu minsi 3 uzamenya ko hari stock yawe ipfa ubusa n’ibibora kubera birengagije kubitekera igihe, nubara ibigenda ku kwezi uzasanga ari byinshi).

Usibye n’ibiryo, tugomba kugura imyenda mu gihe gikwiriye, ibikoresho mu gihe gikwiriye, bitabaye ibyo hari igihe dutaka ubukene kandi ari twe ducunga nabi ibyo Imana yaduhaye.

NIBA UBARA UKABONA BYANZE KUVAMO BYOSE IBYO UKENEYE, NINABWO BIKENEWE KWITOZA CYANE GUTURA NO GUFASHA ABANDI.

Yesu yarebye mu giseke bari gutura, abona umukecuru utuye ibiceri bibiri aribyo yarasigaranye gusa, atangariza abantu ko ariwe utuye menshi kuko atuye ayo yarasigaranye gusa kuko abandi baturaga ibibasagutse.

Niwitoza gufasha no gutura kandi udafite byinshi, igihe Imana izaguhera umugisha ugatunga byinshi uzakomeza ufashe unatange ituro rikwiriye kuko uzaba waritoje kubikora ugitunze bike.

TUBWIZANYE UKURI!
Niba utabasha gutanga cyangwa gutura ugifite bike, utekereza ko nugira byinshi hari icyo uzakosora?

Gutanga icyacumi cy’amafaranga igihumbi byarakunaniye, Imana niguha miliyoni ijana urumva uzakuramo miliyoni icumi ukazitanga nk’icyacumi?

Imana ibahe umugisha!

Yari mwene so muri Yesu Kristo
Pasteur Alphonse HABYARIMANA.

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
Pasteur Alphonse HABYARIMANA

Related Posts

Diyoseze Gatolika ya Ruhengeri: Mu ma Paroisse atandukanye, hatangajwe aho Abapadiri bazakorera ubutumwa (Nominations) mu mwaka wa 2026/ 2027

July 4, 2026

Umugambi mubisha wa ‘NDUMUJURA’, uravugwa no mu bihayimana

May 27, 2026

BURERA: Abadivandiste b’umunsi wa Karindwi barahiriye kutazaba ibigwari muri gahunda za Leta y’u Rwanda

April 26, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,699 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,474 Views

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026970 Views

BREAKING NEWS: Mukarere ka Burera umwarimu yasanzwe yapfuye birakekwako yiyahuye

September 15, 2025854 Views

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

By MANIRAGUHA LadisilasJuly 18, 20260

Hirya no hino mu gihugu, Leta ikangurira kandi ikaburira abaturage kureka kunywa inzoga nyinshi “Tunywe…

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026

KARONGI: Imihanda yinjira mu mujyi igiye gushyirwamo ibihangano nyabugeni

July 14, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

July 18, 2026

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.