Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

August 17, 2026

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu
  • MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi
  • MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi
  • Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya
  • RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku
  • RWANDA: Imyiteguro yo ” Kwita amazina” Abana b’Ingagi 22 mu 2026 irarimbanije
  • MUSANZE: Hamenwe litiro zisaga ibuhumbi 30 za Ethanol n’amakarito 4200 y’inzoga zitujuje ubuziranenge
  • NGORORERO: Ibihazi byari byivuganye Gitifu w’umurenge akizwa n’amaguru
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » Dusangire ijambo ry’Imana!THEME: Umva ijwi ry’uhamagarira mu butayu. Part 3
Iyobokamana

Dusangire ijambo ry’Imana!THEME: Umva ijwi ry’uhamagarira mu butayu. Part 3

Pasteur Alphonse HABYARIMANABy Pasteur Alphonse HABYARIMANAOctober 8, 2025Updated:October 9, 202532 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

( N.B: DORE UMUTI W’ABANTU BABOSHYWE N’UBUSAMBANYI)

Yohani 1:23 hagira hati: “Ati: “Ndi ijwi ry’urangururira mu butayu ngo ‘Nimugorore inzira y’Uwiteka’ nk’uko umuhanuzi Yesaya yabivuze”.

ESE UGIRA NGO WAKWISHOBOZA KUREKA UBUSAMBANYI KANDI UMUBIRI WAWE ARI MUZIMA?

Umuntu muzima mu mubiri kugira ibyiyumviro byo gushaka uwo badahuje igitsina ni ibintu bisanzwe, gusa uko abyiyumvisemo siko agomba guhita akurikira inzira y’aho bimuganisha ahubwo agomba kureba ko Imana ibimwemerera kandi ari ahantu hakwiriye.

HARI ABANTU BAFITE IMYUKA IBAKURURIRA MU BUSAMBANYI BABISHAKA BATABISHAKA.

Hari abagira karande y’ubusambanyi kuburyo babishaka batabishaka bashiduka basambanye. Urugero nink’umwana wavutse ku ndaya nawe iyo adahuye n’ubuntu bw’Imana aba azasambana kakahava; Hari abarogwa ndetse n’abaturwaho n’ababyeyi babo ho umwuka wo gusambana, gusa ntitwibagirwe n’abadayimoni bitiza ishusho y’umuntu bari mu isi bagamije gukwiza ubusambanyi ari nabo batera gukwirakwira kw’ibintu bitumvikana by’ubutinganyi.

ESE UFITE UMUGABO CYANGWA UMUGORE ARIKO UTERWA N’UMWUKA WO GUSAMBANA?

Ubundi muri rusange wakwibaza umuntu ufite umugabo cyangwa umugore igituma ajya gusambana kandi ntacyo yabuze iwe.

Dore icyo wakora niba ushaka kubikosora:
1. Kenshi gashoboka ujye uba uri kumwe n’uwo mwashakanye;
2. Irindi kuba ahantu hiherereye n’abo mudahuje igitsina;
3. Ntukarebe amafirime n’amafoto y’urukozasoni;
4. Irinde ibiganiro biganisha ku busambanyi;
5. Ntukarebe uwo mudahuje igitsinda ngo umumareho umwanya munini ndetse wirinde gutinda umutekerezaho kubijyanye n’imiterere ye;
5. Senga Imana ijye iguha kurarikira uwo mwashakanye gusa.

ESE UMUNTU UTARASHAKA WE YAKORA IKI NGO YIRINDE UBUSAMBANYI?

1. Gusenga cyane;
2. Senga Imana ikuvanemo ibyiyumvo byo kwifuza uwo mudahuje igitsina kugeza ushyingiranwe n’uwo Imana yaguteguriye;
3. Rinda amaso yawe uyarinde ibiteye isoni;
4. Rinda amatwi yawe kumva ibyerekeranya n’ibijyanye n’ubusambanyi;
5. Wirinde kwihererana n’uwo mudahuje igitsina;
6. Wirinde gutekereza cyane ku miterere y’uwo mudahuje igitsina.

Imana iguhe umugisha mwene data!

Yari mwene so muri Yesu Kristo
Pasteur Alphonse HABYARIMANA.

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
Pasteur Alphonse HABYARIMANA

Related Posts

MENYA BYINSHI KURI “SIGNIS WORLD CONGRESS 2026”, IHURIJE HAMWE ABAKORA MU ITANGAZAMAKURU N’ITUMANAHO RYA KILIZIYA

August 6, 2026

Diyoseze Gatolika ya Ruhengeri: Mu ma Paroisse atandukanye, hatangajwe aho Abapadiri bazakorera ubutumwa (Nominations) mu mwaka wa 2026/ 2027

July 4, 2026

Umugambi mubisha wa ‘NDUMUJURA’, uravugwa no mu bihayimana

May 27, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,827 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,584 Views

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 20251,092 Views

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 20261,002 Views

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

By MANIRAGUHA LadisilasAugust 17, 20260

Nk’uko twabibagejejeho mu nkuru yacu iheruka, ku itariki ya 14/08/2026 ahagana saa moya hagaragaye umwotsi…

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

August 17, 2026

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 2025
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.