Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

MUSANZE: HORIZON SOPYRWA yibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994

June 11, 2026

MUSANZE: Diyosezi ya Shyira yakoze Igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi1994

June 8, 2026

Perezida wa Tanzania, Dr. Samia Suluhu Hassan, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Burusiya kuva ku wa 2 Kamena 2026

June 4, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • MUSANZE: HORIZON SOPYRWA yibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994
  • MUSANZE: Diyosezi ya Shyira yakoze Igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi1994
  • Perezida wa Tanzania, Dr. Samia Suluhu Hassan, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Burusiya kuva ku wa 2 Kamena 2026
  • BURERA: Uwitwa NTIRENGANYA Etienne akomeje kuba ikibazo mu baturage ba Gahunga
  • BURERA: Abaturage bo mu karere ka Burera basabwe guhinga kinyamwuga bakongera umusaruro
  • Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, yifatanyije n’abaturage bo mu Karere ka Musanze
  • MUSANZE: Abaturage bo mu murenge wa Gataraga basabwe gukomeza kwagura ibitekerezo mu rugendo rw’iterambere
  • Umugambi mubisha wa ‘NDUMUJURA’, uravugwa no mu bihayimana
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » Umugambi mubisha wa ‘NDUMUJURA’, uravugwa no mu bihayimana
Amakuru

Umugambi mubisha wa ‘NDUMUJURA’, uravugwa no mu bihayimana

MANIRAGUHA LadisilasBy MANIRAGUHA LadisilasMay 27, 2026Updated:May 28, 2026484 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Muri gahunda yacu “Gushyira ahagaragara ‘Ku karubanda.'”, abakomeje kwigwizaho imitungo ariko ntibabe bashobora kugaragaza cyangwa ngo basobanure aho bayikuye “Enrichissement sans cause ‘injustifié’.” Tubigarutseho.

Ubuheruka twaganirije abaturage bo mu mirenge ya Gahunga; Rugarama na Cyanika, badutangariza ko hari abantu bafite imitungo bataguze; batarazwe/ batazunguye ku babyeyi babo kandi batahaweho impano mu buryo bumwe cyangwa ubundi, bityo bakibaza ukuntu umuntu atunga ibitari ibye. Ibi kandi tukaba twarabiherewe n’ibimenyetso, ku bw’ibyo dukomeje guhabwa andi makuru yinyongera.

Karibumedia yateye imboni no mu bihayimana, isanga naho uyu mugambi mubisha wa ‘NDUMUJURA’ warahawe intebe.

Nk’uko byemezwa n’abahaye amakuru Karibumedia, ngo “Bamwe mu bapadiri bo muri Diyoseze Gatolika ya Ruhengeri bigwijeho imitungo itagira ingano”. Bayanditse ku bavandimwe babo, ubu bayiryoshemo. Amafaranga asagutse bayarihiramo amashuri ahenze inshuti n’abavandimwe babo, iyo za Burayi.

Abanyamakuru bagenzi bacu, bahisemo kwandikira Nyiricyubahiro Musenyeri uyobora Diyoseze Gatolika ya Ruhengeri: Bamugezaho impungenge bafite kuri uyu mugambi mubisha wa ‘NDUMUJURA’, ngo ni umugambi mubisha ukomeje guhabwa intebe muri Diyoseze yabo.

Karibumedia yabonye kopi y’ibaruwa, maze dutangira gukora iperereza ku bibazo byavuzwe. Mu minsi itarambiranye tukazaha abasomyi bacu ibyo twagezeho, tumaze guhuza amakuru yose.

Uretse iby’uyu mugambi mubisha wa ‘NDUMUJURA’, wavuzwe mu ibaruwa yo ku wa 17/04/2026 Karibumedia yayikubiseho ijisho: Bagenzi bacu bandikiye Nyiricubahiro Musenyeri, ko hari n’ikibazo cy’imyitwarire idahwitse(…) ya bamwe mu bihayimana n’ibindi…

Byose abanyamakuru bakaba bemeza ko babitumwe n’Abakristu bo muri iyi Diyoseze, turimo kubikurikirana mutegereze inkuru zisesenguye “En séries” kuri buri kimwe cyose.

Karibumedia

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
MANIRAGUHA Ladisilas
  • Website

Related Posts

Perezida wa Tanzania, Dr. Samia Suluhu Hassan, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Burusiya kuva ku wa 2 Kamena 2026

June 4, 2026

Ubuhamya bw’abanyabigwi bacu, Inkotanyi cyane bakaba Ingenzi ku rugamba rwabohoye igihugu bagahagarika Jenoside yakorewe Abatutsi muw’1994

May 25, 2026

Menya ibigwi by’Umuyobozi wungirije wa Polisi y’Igihugu cy’u Rwanda/ DCGP Jeanne Chantal UJENEZA

May 25, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,483 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,415 Views

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026919 Views

BREAKING NEWS: Mukarere ka Burera umwarimu yasanzwe yapfuye birakekwako yiyahuye

September 15, 2025837 Views

MUSANZE: HORIZON SOPYRWA yibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994

By MANIRAGUHA LadisilasJune 11, 20260

Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994,…

MUSANZE: Diyosezi ya Shyira yakoze Igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi1994

June 8, 2026

Perezida wa Tanzania, Dr. Samia Suluhu Hassan, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Burusiya kuva ku wa 2 Kamena 2026

June 4, 2026

BURERA: Uwitwa NTIRENGANYA Etienne akomeje kuba ikibazo mu baturage ba Gahunga

June 3, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

MUSANZE: HORIZON SOPYRWA yibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994

June 11, 2026

MUSANZE: Diyosezi ya Shyira yakoze Igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi1994

June 8, 2026

Perezida wa Tanzania, Dr. Samia Suluhu Hassan, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Burusiya kuva ku wa 2 Kamena 2026

June 4, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.