Author: MANIRAGUHA Ladisilas

Ingabire Immaculée wari Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane azize uburway ku myaka 64 y’amavuko. Amakuru y’urupfu rwa Ingabire yemejwe n’abantu ba hafi b’umuryango we ndetse n’abo bakorana muri Transparency Rwanda. Ubuzima bw’ubuto Mu biganiro bitandukanye, Ingabire yavuze ko yashegeshwe kandi ko yakuranye igikomere cy’ubuzima bw’ubuhunzi yanyuzemo ari nabyo byamuremyemo umutima wo kwanga urunuka akarengane na ruswa. Agitangira guca akenge, Ingabire nibwo yamenye ko igihugu we n’umuryango we babagamo cy’u Burundi atari icyabo ndetse kuva ubwo atangira guhirimbanira kuzataha mu gihugu cye akanacyitangira mu mbaraga n’ubumenyi bwe bwose. Nubwo…

Read More

Yohani 1:23, hagira hati : « Ati « Ndi ijwi ry’urangururira mu butayu ngo ‘Nimugorore inzira y’Uwiteka’, nk’uko umuhanuzi Yesaya yabivuze ». GORORA INZIRA Y’UWITEKA UREKE UBUSAMBANYI. Muri iyi minsi ubusambanyi bwabaye bwinshi, aho bukorerwa mu mazu ; Mu Bihuru ; Mu mahoteri; Mu maloji… Iki cyaha Imana icyanga urunuka kuko gikorerwa imbere mu mubiri w’umuntu kandi umuntu ni urusengero rw’Umwuka Wera. HARI ABANTU BENSHI BICWA KUBERA INGARUKA Z’UBUSAMBANYI. Ubu hari abakobwa batewe inda bari guteganya kuzikuramo ; Hari abagore bari guteganya kwica abana b’abagabo babo babyaye hanze… Mwene data, gukora icyaha ukagerekaho n’ikindi bikomeza kwica umuntu w’imbere w’uwagikoze, kugeza aho yakwiyahura…

Read More

Muri Matayo 4:3-7 hagira hati: “Umushukanyi aramwegera aramubwira ati “Niba uri Umwana w’Imana, bwira aya mabuye ahinduke imitsima.”; [4]Aramusubiza ati “Handitswe ngo ‘Umuntu ntatungwa n’umutsima gusa, ahubwo atungwa n’amagambo yose ava mu kanwa k’Imana.’ ”; [5]Maze umwanzi amujyana ku murwa wera, amuhagarika ku gasongero k’urusengero; [6]aramubwira ati: “Niba uri Umwana w’Imana, ijugunye hasi kuko handitswe ngo‘Izagutegekera abamarayika bayo,Bakuramire mu maboko yabo,Ngo udakubita ikirenge ku ibuye.’”; [7]Yesu aramusubiza ati: “Kandi handitswe ngo ‘Ntukagerageze Uwiteka Imana yawe”. ESE UGIRA NGO NI NGOMBWA NGO UGUTUTSE CYANGWA UGUSEBEJE NAWE UMUTUKE CYANGWA UMUSEBYE? Umuntu ntagaterwe na satani ngo nawe umufashe guterwa kuko mwese muba mwigiriye…

Read More

Nyuma y’iki cyemezo, Betrand Bisimwa, Umuhuzabikorwa Wungirije w’iri Huriro, yamaganye ibi byakozwe n’Ubucamanza bwa gisirikare bwa DRC, avuga ko binyuranyije n’amahame impande zombi ziherutse gusinya. Yagize ati: “Gukatira igihano cy’urupfu Perezida Joseph KABILA habayeho kwitwaza isano afitanye na AFC/M23, ni ukurenga ku mahame yasinywe nk’uko n’ubundi hakomeje kubaho ibitero by’ubutegetsi bwa Kinshasa”. Bertrand Bisimwa kandi yagaragaje ko kuba AFC/M23 ikorana na Joseph KABILA hatabayeho kwibeshya kuko ari umunyapolitiki ufite ubunararibonye, wagira uruhare mu guhagarika ibibazo uruhuri byatewe n’ubutegetsi buriho muri Congo. Abanyapolitiki basanzwe bari hafi ya Joseph KABILA ndetse n’Ishyaka rye FCC (Front Commun pour le Congo) baramagana iki gihano…

Read More

Muri Matayo 4:3-7 hagira hati: “Umushukanyi aramwegera aramubwira ati: “Niba uri Umwana w’Imana, bwira aya mabuye ahinduke imitsima.”; [4]Aramusubiza ati: “Handitswe ngo ‘Umuntu ntatungwa n’umutsima gusa, ahubwo atungwa n’amagambo yose ava mu kanwa k’Imana.’”; [5]Maze umwanzi amujyana ku murwa wera, amuhagarika ku gasongero k’urusengero; [6]aramubwira ati: “Niba uri Umwana w’Imana, ijugunye hasi kuko handitswe ngo‘Izagutegekera abamarayika bayo,Bakuramire mu maboko yabo,Ngo udakubita ikirenge ku ibuye.’ ”; [7]Yesu aramusubiza ati: “Kandi handitswe ngo ‘Ntukagerageze Uwiteka Imana yawe”. NIBA ABANDI BIBA UGIRA NGO NAWE UZABAKURIKIZE NGO KUKO BAKIZE BATAVUNITSE? Hari abantu bakora ahantu hakomeye, hafite ubutunzi bwinshi kandi hakaba haraciye benshi bahiba. Nawe…

Read More

Kontineri za mbere zirimo aya mabuye y’agaciro zageze i Towanda muri Leta ya Pennsylvania, ahari uruganda rwa Global Tungsten rutunganya aya mabuye. Ambasade y’u Rwanda muri Amerika yatangaje ko iyi ari intambwe ikomeye itewe mu buhahirane hagati y’u Rwanda na Amerika, bikerekana ko u Rwanda ari Igihugu cyizewe mu gushyira ku isoko amabuye y’agaciro y’ingenzi akenewe mu gukora ibintu bitandukanye. U Rwanda ruza ku mwanya wa mbere muri Afurika mu gucukura no gucuruza Wolfram. Amabuye y’agaciro ya Tungsten cyangwa se Wolfram yifashishwa mu gukora amasasu; Moteri; Ibikoresho bikumira amasasu; Intwaro zikomeye, harimo n’ubwirinzi bwo mu kirere n’ibindi byuma bikomeye bibasha…

Read More

Umugabo Iran ivuga ko ari intasi kabuhariwe ya Israel yanyonzwe nk’uko ibinyamakuru bitandukanye muri Iran bibyemeza. Uyu mugabo yishwe mu masaha yak are kuri uyu wa Mbere nk’uko inzego z’ubutabera z’igihugu cya Iran zabitangaje. Ni ubwa mbere ubutabera bwa Iran bwatangaje amazina y’umuntu wa nyonzwe, akaba yitwa Bahman Choubi-asl. Ikinyamakuru cya Minisiteri y’ubutabera muri Iran, Mizan kivuga ko uriya mugabo yari umwe mu ntasi kabuhariwe za Israel ikorera muri Iran. Uyu mugabo ngo yafashije inzego z’ubutasi za Israel (Mossad) kugera ku makuru akomeye y’inzego z’ubutegetsi muri Iran, bifasha Israel kuyinjiramo ndetse ngo yanafashije Israel kugera ku makuru arimo inzira z’ikoranabuhanga…

Read More

Kuri uyu wa Gatandatu kimwe n’ahandi hose mu gihugu, Akarere ka Burera bitabiriye ibikorwa by’umuganda, aho bacukuye imyobo izaterwamo ibiti bivangwa n’imyaka n’myobo ifafa amazi y’imvura; Batunganya imihanda n’ibiraro; Bubakira abatishoboye inzu n’ubwiherero ndetse hamwe na hamwe batera imirwanyasuri, dore ko bagiye kwinjira mu bihe by’imvura nyinshi. Umuganda wakozwe mu mirenge yose igize Akarere ka Burera, ku rwego rw’Akarere wakorewe mu kagari ka Musasa; Umurenge wa Kinyababa. Abitabiriye umuganda mu kagari ka MUSASA bacukuye imyobo izaterwamo ibiti bitonona imyaka; Basiza ibibanza bizubakwamo amazu azatuzwamo abaturage bazimurwa mu kirwa cya MUNANIRA cyo mu kiyaga cya Burera. Umushitsi mukuru yari Umunyamabanga wa…

Read More

Umwongereza w’imyaka 20, Zoe Backstedt, yegukanye umudali wa Zahabu wa Shampiyona y’Isi y’Amagare muri ITT y’abakobwa batarengeje imyaka 23 nyuma yo gukoresha iminota 30 n’amasegonda 56 ku ntera y’ibilometero 22,6. Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22 Nzeri 2025, hakinwe umunsi wa kabiri wa Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kuba ku nshuro ya 98, aho hakinnye abahungu n’abakobwa batarengeje imyaka 23 basiganwa n’igihe [ITT]. Inzira yakoreshejwe kuri uyu munsi ni BK Arena – Rwahama- Kimironko (Simba Supermarket) – Kwa Chez Lando – Prince House – Sonatube – Nyanza ya Kicukiro – Gahanga (Master Steel) – Sonatube – Rwandex – Mu…

Read More

Abayobozi bo mu ntara y’Amajyaruguru barasabwa gukora ibishoboka byose kugira ngo umuturage ahore ku Isonga “Atuje kandi atekanye”. Guverineri aragira ati: “Ntimukagire ikibazo cy’umuturage musuzugura, mugomba kumwumva; Mukamutega amatwi kuko aba yazindutse aza kubareba ngo mumufashe, agomba kugenda yishimye”. Ibi byagatutsweho na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru MUGABOWAGAHUNDE Maurice kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19/09/2025, ubwo yari yitabiraye inama mpuzabikorwa y’akarere ka Musanze. Aha abayobozi b’aka karere bagaragarije abari aho ibyagezweho mu mihigo y’umwaka w’ingengo y’imari ushize, hagaragazwa n’ibizakorwa mu ngengo y’imari y’umwaka 2025_ 2026. Guverineri y agize ati: “Ni byiza ko dukorera abaturage bagahora ku isonga, niyo mpamvu mbasaba mwese…

Read More