Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

July 18, 2026

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100
  • Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi
  • RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2
  • KARONGI: Imihanda yinjira mu mujyi igiye gushyirwamo ibihangano nyabugeni
  • GICUMBI: Imurikabikorwa ryagaragaje ko abaturage badakangwa n’ibihe by’Impeshyi
  • Mu Burundi: Ubwato bw’igisirikare cy’u Burundi bumaze iminsi ibiri butaboneka
  • U Rwanda rwashoye miliyari 48 Frw muri nkunganire ku biciro bya peteroli
  • Ingabo za RDF zirwanira ku butaka zasoje amahugurwa yo ku rwego rwo hejuru
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » Dusangire ijambo ry’Imana! Theme: Usibye amahame y’Imana, andi ntagatume ukora ibiteye isoni. Part. 2
Iyobokamana

Dusangire ijambo ry’Imana! Theme: Usibye amahame y’Imana, andi ntagatume ukora ibiteye isoni. Part. 2

Pasteur Alphonse HABYARIMANABy Pasteur Alphonse HABYARIMANASeptember 25, 2025Updated:September 28, 202510 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Muri Matayo 14:8-11 hagira hati:

“[8]Na we amaze koshywa na nyina aramubwira ati “Mpa igihanga cya Yohana Umubatiza ku mbehe”;

[9]Umwami arababara, ariko ategeka ko bakimuha ku bw’indahiro yarahiriye imbere y’abasangiraga na we;

[10]atuma mu nzu y’imbohe ngo bace igihanga cya Yohana;

[11]Bazana igihanga cye ku mbehe bagiha umukobwa, agishyīra nyina”.

A. NTUGATWARWE N’AMAHAME Y’IDINI NGO NI UKO ARI IRYO SO NA NYOKO BASENGERAMO.

Hari abantu banze kuva mu kubandwa; Mu guterekera; Mu madini ya gakondo ndetse n’andi ya gishiyani, aho amenshi yemera imikorere y’abazimu; Abapfumu n’abarozi, itangwa ry’ibitambo by’amaraso n’ibindi bibi kandi biteye ubwoba. Uzasanga akenshi muri iyo miryango yemera ibyo harimo abantu benshi bafite ibibazo byo mu mutwe (Abasazi); Kugumirwa; Ubumuga; Gukenyuka; gutindahara ….

Usibye kandi aya madini ya gakondo hari aho abantu basengera ariko ugasanga barinze basaza utababaza n’imirongo ibiri ya Bibiliya ngo bayikubwire; Ugasanga ntiwamubwira ngo agusengere abikore, wajya gusengerayo ugasinzira gusa cyangwa ukavayo wuzuye amavunane gusa. Gusengera ahantu utabohoka ngo hagire igihinduka mu buzima bwawe uba uri kuhata igihe. Niba usenga kandi ugasambana cyane, ugasenga ariko ukiba cyangwa ukariganya cyane, ukabeshya cyane kandi usenga. Wigendera ko ariho so na nyoko basengera, ahubwo reba niba hari impinduka hazana mu buzima bwawe kuko igikenewe ni uko uhinduka Yesu akakwishimira kuruta ko wagendera ku ihame ry’aho so na nyoko basengera.

B. HARI ABIHAYE IHAME RYO KUDATURA NGO BAZAJYA BAFASHA ABAKENE.

Nibyo gufasha abakene ni byiza kandi tubikore cyane, ariko no gutura tugomba kubikora kuko buri kintu cyose kigira umugisha wacyo. Uzasanga hari umuntu udatura kandi yajya gusenga agakoresha urupapuro rwo muri toilette ataguze; Agashaka ko asengera ahafite isuku kandi atajya aboneka ngo ayikore; Agashaka ko ubwirizwa n’abantu basa neza ariko ntashake gutura ngo babone imibereho.

Amahame yo kudatura aturuka kuri satani kugira ngo inzu z’Imana haburemo ubushobozi bwo gushyira ibintu byose mu buryo bukwiye (Soma muri Malaki 7:3-10).

Ijambo ry’Imana riravuga ngo kora kiriya ariko na biriya ntubireke. Bityo duture kandi tunafashe abakene. Yesu bamusiga amavuta ahenze ku birenge, Yuda asaba ko babireka bakayagurisha bagafasha abakene, Yesu ntiyabyemeye aravuga ngo abakene muzahorana, bityo ibya kayizari tubimuhe n’icyubahiro cy’Imana tugihe Imana.

Imana iguhe umugisha, ndagukunda!

Yari mwene so muri Yesu Kristo

Pasteur Alphonse HABYARIMANA.

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
Pasteur Alphonse HABYARIMANA

Related Posts

Diyoseze Gatolika ya Ruhengeri: Mu ma Paroisse atandukanye, hatangajwe aho Abapadiri bazakorera ubutumwa (Nominations) mu mwaka wa 2026/ 2027

July 4, 2026

Umugambi mubisha wa ‘NDUMUJURA’, uravugwa no mu bihayimana

May 27, 2026

BURERA: Abadivandiste b’umunsi wa Karindwi barahiriye kutazaba ibigwari muri gahunda za Leta y’u Rwanda

April 26, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,699 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,475 Views

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026970 Views

BREAKING NEWS: Mukarere ka Burera umwarimu yasanzwe yapfuye birakekwako yiyahuye

September 15, 2025854 Views

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

By MANIRAGUHA LadisilasJuly 18, 20260

Hirya no hino mu gihugu, Leta ikangurira kandi ikaburira abaturage kureka kunywa inzoga nyinshi “Tunywe…

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026

KARONGI: Imihanda yinjira mu mujyi igiye gushyirwamo ibihangano nyabugeni

July 14, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

July 18, 2026

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.