Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi
  • MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi
  • Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya
  • RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku
  • RWANDA: Imyiteguro yo ” Kwita amazina” Abana b’Ingagi 22 mu 2026 irarimbanije
  • MUSANZE: Hamenwe litiro zisaga ibuhumbi 30 za Ethanol n’amakarito 4200 y’inzoga zitujuje ubuziranenge
  • NGORORERO: Ibihazi byari byivuganye Gitifu w’umurenge akizwa n’amaguru
  • MUSANZE: Ikigo “RED ROCKS”, cyaganuje abaturanyi bacyo n’abanyamahanga karahava
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » Isomwa ry’Urubanza rwa Bishop Dr.MUGISHA Mugiraneza Samuel
Ubutabera

Isomwa ry’Urubanza rwa Bishop Dr.MUGISHA Mugiraneza Samuel

MANIRAGUHA LadisilasBy MANIRAGUHA LadisilasApril 8, 2026Updated:April 9, 2026310 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

None ku wa 04/08/2026 ku isaha ya saa kumi n’igice (16h30′) mu rukiko rukuru, urugereko rwa Musanze, hasomwe urubanza rwa Bishop Dr.Mugisha Mugiraneza Samuel wahoze ayobora Diyoseze ya Shyira mu itorero ry’abangilikani mu Rwanda.

Ni urubanza rwaburanishijwe ku wa 18/03/2026 mu rukiko rukuru, urugereko rwa Musanze, aho yari yarahanishijwe igihano cy’igijfungo cy’imyaka itatu n’amezi atandatu (Imyaka itatu n’igice) noneho akajuririra mu rukiko rukuru, urugereko rwa Musanze.

Nyuma yo gusesengura ibyavuzwe n’ubushinjacyaha n’imvugo z’uregwa Bishop Dr. Mugisha Mugiraneza Samuel n’umwunganizi we Me Uwizeyimana Evode, urukiko rugizwe n’inteko y’abacamanza batatu n’umwanditsi wayo wafashe umwanzuro ukurikira :

1° Hashingiwe ku busesenguzi bw’abacamanza b’urukiko rw’ikirenga n’imanza zaburanishijwe mu nkiko zitandukanye (Urukiko rw’ikirenga ndetse n’urukiko rw’i Nyanza) bizwi nka Jurusprudence mu ndimi z’amahanga, urukiko rwasanze ibyo Bishop Dr.Mugisha Mugiraneza Samuel yakoze byo kuragira mu rwuri rwa Diyoseze, ntaho Itegeko ribimwemerera kandi ntaho ribimubuza, bityo rwanzura ko icyo cyaha kimuhama ko n’abandi baragiyemo batabyemerewe.

Bityo, urukiko rwemeza ko ubujire bwe budafite ishingiro ko ahamwa n’icyaha noneho runashimangira ko ibihano yahawe n’urukiko rwisumbuye rwa Musanze bigumyeho (Imyaka itatu n’igice) ariko mu bubasha bw’urukiko n’ubushishozi bw’inteko yaburanishije urubanza yanzura ko agomba gusubikirwa ibihano hashingiwe:

2° Ku kuba aribwo bwa mbere akoze icyaha;

3° Kuba icyaha yakoze kitarengeje igifungo cy’imyaka 5;

4° Kuba yariyemereye muri TIB na Parike ko yaragiye inka ze mu rwuri rwa Diyoseze no kuba amaze igihe afunzwe.

Rukimara kumva ibi byose no kubisesengura twafashe icyemezo cyo gufata imyaka itatu n’igice yakatiwe n’urukiko rwisumbuye rwa Musanze rumuhanisha gufungwa iyo myaka ariko ibiri n’amezi ane igasubikwa mu gihe cy’umwaka umwe, noneho agafungwa umwaka umwe n’amezi abiri mu igororero rya Musanze.

Urukiko rwakomeje ruvuga ko kubera amaze igihe kirenze umwaka umwe n’amezi abiri mu igororero, urukiko rwategetse ko ahita afungurwa, agataha akimara gusomerwa.

Urukiko Kandi rwategetse ko amagarama y’urubanza Bishop Dr.Mugisha Mugiraneza Samuel ayasonewe kubera ko yaburanye afunzwe.

Ni uko rwasomwe mu ruhame rwa benshi ku isaha ya saa kumi n’imwe(17h0) nibwo isomwa ryarwo ryapfundikiwe.

Yanditswe na Setora Janvier

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
MANIRAGUHA Ladisilas
  • Website

Related Posts

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) Rwemeje Itabwa Muri Yombi ry’Abayobozi Babiri mu Karere ka Nyamagabe

July 30, 2026

Perezida w’urukiko rw’ikirenga yasabye abacamanza kongera ubumenyi ku manza z’ubutaka n’iz’umuryango

July 20, 2026

BURERA: Uwitwa NTIRENGANYA Etienne akomeje kuba ikibazo mu baturage ba Gahunga

June 3, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,817 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,574 Views

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 20251,079 Views

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026991 Views

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

By MANIRAGUHA LadisilasAugust 15, 20260

Mu rwego rwo kwitegura neza umuhango wo kwita izina abana b’ingagi, umuhango uteganijwe kuya 04/09/2026:…

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026

RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku

August 13, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 2025
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.