Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

July 18, 2026

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100
  • Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi
  • RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2
  • KARONGI: Imihanda yinjira mu mujyi igiye gushyirwamo ibihangano nyabugeni
  • GICUMBI: Imurikabikorwa ryagaragaje ko abaturage badakangwa n’ibihe by’Impeshyi
  • Mu Burundi: Ubwato bw’igisirikare cy’u Burundi bumaze iminsi ibiri butaboneka
  • U Rwanda rwashoye miliyari 48 Frw muri nkunganire ku biciro bya peteroli
  • Ingabo za RDF zirwanira ku butaka zasoje amahugurwa yo ku rwego rwo hejuru
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » Rwabuze gica hagati ya Alexander Isak na Newcastle United
Imikino

Rwabuze gica hagati ya Alexander Isak na Newcastle United

SETORA JanvierBy SETORA JanvierAugust 20, 2025Updated:August 20, 20253 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Rutahizamu Alexander Isak yashimangiye ko atazongera gukinira Newcastle United ayishinja kwica amasezerano bagiranye, avuga ko icyizere hagati ye n’iyi kipe cyamaze kuyoyoka, mu gihe iyi kipe yo igaragaza ko akiri umukinnyi uyifitiye amasezerano kandi yiteguye kumwakira ubwo azaba agarutse mu bandi.

 

Mu butumwa yashyize kuri Instagram, uyu mukinnyi yagize ati “Maze igihe naracecetse, mu gihe abandi bari kuvuga. Uko guceceka kwatumye buri wese agira ijambo nyamara hari n’abatazi ibyo twemeranyije mu gikari.”

Yakomeje agira ati “Ukuri ni uko amasezerano yakozwe kandi hashize igihe kinini ikipe izi uruhande rwanjye. Rero kwica amasezerano n’icyizere kiratakara bityo umubano ntabwo wakomeza.”

Ku rundi ruhande, ikipe yagaragaje ko yatengushywe n’ibyo Isak yatangaje kandi ko akwiye kubaha amasezerano agifite.

Iti “Igisubizo cyacu kirasobanutse kuko Isak aracyadufitiye amasezerano kandi ntabwo twigeze tugaragaza ko twifuza kumurekura muri iyi mpeshyi. Turifuza kugumana abakinnyi bacu beza ariko na none twumva ibyifuzo byabo.”

Mu minsi ishize, Alexander Isak yatangaje ko atazongera gukinira Newcastle na cyane ko aheruka mu ikipe mu mwaka ushize w’imikino.

Newcastle ivuga ko uyu rutahizamu atagurishwa ndetse hashize iminsi 19 iyi kipe yanze miliyoni 110£ Liverpool yifuza kumugura. Biteganyijwe ko The Cops izongera amafaranga akagera kuri miliyoni 120£.

Kugeza ubu, Newcastle imaze kugura abakinnyi bane muri iyi mpeshyi ari bo Jacob Ramsey yakuye muri Aston Villa, Malick Thiaw wa AC Milan, Anthony Elanga wavuye muri Nottingham Forest ndetse n’umunyezamu Aaron Ramsdale yatijwe na Southampton.

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
SETORA Janvier

Related Posts

RULINDO: Umukino wa Rugby ni Umukino w’urukundo – KAGAME Joseph

February 18, 2026

Sugira Ernest udafite ikipe yatangiye inzira yo kuba umutoza.

December 5, 2025

Rayon Sports igiye gushora miliyoni 200 Frw ku isoko ryo kugura abakinnyi.

December 5, 2025
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,698 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,473 Views

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026970 Views

BREAKING NEWS: Mukarere ka Burera umwarimu yasanzwe yapfuye birakekwako yiyahuye

September 15, 2025854 Views

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

By MANIRAGUHA LadisilasJuly 18, 20260

Hirya no hino mu gihugu, Leta ikangurira kandi ikaburira abaturage kureka kunywa inzoga nyinshi “Tunywe…

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026

KARONGI: Imihanda yinjira mu mujyi igiye gushyirwamo ibihangano nyabugeni

July 14, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

July 18, 2026

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.