Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

July 18, 2026

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100
  • Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi
  • RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2
  • KARONGI: Imihanda yinjira mu mujyi igiye gushyirwamo ibihangano nyabugeni
  • GICUMBI: Imurikabikorwa ryagaragaje ko abaturage badakangwa n’ibihe by’Impeshyi
  • Mu Burundi: Ubwato bw’igisirikare cy’u Burundi bumaze iminsi ibiri butaboneka
  • U Rwanda rwashoye miliyari 48 Frw muri nkunganire ku biciro bya peteroli
  • Ingabo za RDF zirwanira ku butaka zasoje amahugurwa yo ku rwego rwo hejuru
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » MUSANZE: Ubuyobozi bw’Akarere bwatangiye gutahura abigabije Ubutaka n’indi mitungo bya Leta
Politike

MUSANZE: Ubuyobozi bw’Akarere bwatangiye gutahura abigabije Ubutaka n’indi mitungo bya Leta

MANIRAGUHA LadisilasBy MANIRAGUHA LadisilasJune 25, 2026Updated:June 25, 2026124 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Amakuru agera kuri Karibumedia, aremeza ko kuri ubu mu karere ka Musanze bari mu gikorwa cyo kugaruza ubutaka bwa Leta bwari bwarigaruriwe n’abaturage ku bw’uburiganya.

Karibumedia mu cyo twise: “Umugambi mubisha wa NDUMUJURA”. Ni inkuru tugikurikirana ariko amakuru y’ibanze dufite ni uko iki gikorwa kirimo gukorwa n’itsinda ryashyiriweho gukurikirana by’umwihariko iki kibazo mu karere ka Musanze.

Aya makuru yemeza kandi ko mu butaka bumaze kugaruzwa harimo ubwari bwarigaruriwe n’uwitwa Mariko, ubu butaka bungana na metero kare hafi ibihumbi bitatu “3,000m²”, buherereye mu kagari ka Mpenge. Bivugwa ko uyu mugabo yabwigaruriye mu bihe byo hambere, ubwo habaga igurana ry’ubutaka hagati ya EAR Diocèse ya Shyira yari yarahawe ubutaka bwa Leta ngo ibushyireho ishuri rya Sonrise n’Abasukuti.

Aya makuru akomeza avuga ko k’ubw’uburiganya, Mariko abifashijwemo n’Abasukuti yaje kwigarurira igipande kinini cy’ubutaka bwa Leta bwari bufatanye n’igipande cyaguraniwe Abasukuti.

Iri tsinda kandi ngo ryashoboye gutahura n’ubundi buriganya bwakorewe hafi yaho bita ku gacuri, aharebana n’aho bita muri Groupment (ikigo cya polisi). Ni ubutaka nabwo bunini (hafi 1/2 cya hegitari), kuri ubu bukaba bwari bwararangije kugurishwa n’uwabwigaruriye abugurisha koperative y’abasezerewe mu ngabo. Bubatsemo parking.

Andi makuru nayo yemeza ko hari n’ubundi butaka buherereye hirya no hino y’umusozi wa Nyamagumba bwaba bwarigaruriwe n’abantu banyuranye, iri tsinda rikaba rikomeje gukurikirana iki kibazo kimwe n’ibindi bitari bike iri tsinda ryatahuye.

Karibumedia iheruka gushyira ahagaragara ibyo yavanye mu iperereza mu karere ka Burera, mu cyo twise “Umugambi mubisha wa Ndumujura”. Twagaragaje urutonde rwa bamwe mu bigaruriye ubutaka bwa Leta tunagaragaza ibimenyetso, ubu dukomeje igikorwa cyacu cy’iperereza ndetse no gukurikirana umusaruro uzava ku nkuru zacu.

Karibumedia irabizeza kutazihanganira uwariwe wese wigabiza cyangwa wigwizaho, mu buryo bw’uburiganya umutungo n’indonke z’ibyo atavunikiye. Twongere tuvuge tuti: “Urajya/ Urihisha he mujura!?”

Karibumedia

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
MANIRAGUHA Ladisilas
  • Website

Related Posts

U Rwanda rwashoye miliyari 48 Frw muri nkunganire ku biciro bya peteroli

July 10, 2026

Ingabo za RDF zirwanira ku butaka zasoje amahugurwa yo ku rwego rwo hejuru

July 10, 2026

GICUMBI: Hatangijwe ku mugaragaro imurikabikorwa ry’abafatanyabikorwa b’Akarere

July 9, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,699 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,475 Views

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026970 Views

BREAKING NEWS: Mukarere ka Burera umwarimu yasanzwe yapfuye birakekwako yiyahuye

September 15, 2025854 Views

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

By MANIRAGUHA LadisilasJuly 18, 20260

Hirya no hino mu gihugu, Leta ikangurira kandi ikaburira abaturage kureka kunywa inzoga nyinshi “Tunywe…

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026

KARONGI: Imihanda yinjira mu mujyi igiye gushyirwamo ibihangano nyabugeni

July 14, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

July 18, 2026

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.