Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

July 18, 2026

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100
  • Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi
  • RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2
  • KARONGI: Imihanda yinjira mu mujyi igiye gushyirwamo ibihangano nyabugeni
  • GICUMBI: Imurikabikorwa ryagaragaje ko abaturage badakangwa n’ibihe by’Impeshyi
  • Mu Burundi: Ubwato bw’igisirikare cy’u Burundi bumaze iminsi ibiri butaboneka
  • U Rwanda rwashoye miliyari 48 Frw muri nkunganire ku biciro bya peteroli
  • Ingabo za RDF zirwanira ku butaka zasoje amahugurwa yo ku rwego rwo hejuru
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » MINEDUC: Hafi 90% by’abarimu mu gihugu batungwa n’ibyo Leta yageneye abanyeshuri/ Ubushakashatsi
Uburezi

MINEDUC: Hafi 90% by’abarimu mu gihugu batungwa n’ibyo Leta yageneye abanyeshuri/ Ubushakashatsi

MANIRAGUHA LadisilasBy MANIRAGUHA LadisilasJune 26, 2026Updated:June 26, 2026183 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Mu kigo cy’amashuri ya RUNABA abana barindwi bari bivuganye abarimu Imana ikinga akaboko, ni inkuru yasakaye kuri uyu wa Kane tariki ya 25/06/2026 ko abarimu bahaswe inkoni “Imigiti.”

Ubuhamya bwumwe mubayobozi b’inzego z’ibanze:

Aho yagize ati: “Kubufatanye bwa RIB; Police n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Butaro, twatabajwe ni kigo cya G.S Runaba ko harabanyeshuri bigaragambije bagakubita abarimu.

Abanyeshuri ni aba bakurikira:
1.Ndayizeye Elissa(18ans);
2.Iradukunda Patrick (16ans);
3.Irabishoboye Elisa (16ans);
4.Izadufasha Gad(16ans);
5.Fitumukiza Adjey(16ans);
6.Irumva Jado Fis(17ans) na
7.Utuje manzi Kevin(15ans).

Naho Abarimu bakubinswe ni:

1.Nshimiyimana Michel (33ans);
2.Nkundineza jean Marie Vienny (45ans) na
3.Bucyayungura Jean Baptiste (35ans).”

Nyuma yo gufata abakoze urugomo ubuyobozi bw’umurenge na police twakoze inama n’abanyeshuri yo kubashishikariza kugira imyitwarire myiza iranga umunyeshuri, abanyeshuri batubwiye ko bagiye kwikosora.

Umwana akeneye urukundo igihe cyose naho ari hose

Karibumedia tumaze igihe tubagezaho inkuru zo mu burezi, aho abana bakoreshwa Imirimo ivunanye. Muri urwo rwego iyo dusuzumye ibiba kuri aba barimu usanga bifitanye isano n’ibyo twabatzngarizaga ku bana: umwana birakenewe ko agaragarizwa urukundo kuko ntibyumvikana ukuntu ufata umwana ukamushira mu gikoni kandi ababyeyi bamwohereje ku masomo, agahiramo; Ugufata umwana akajya gutashya inkwi, akicwa nazo ndetse hari n’inkuru twabahaye babujije umwana kurya.

Nyuma yicicikana ry’inkuru ko abarimu bagiye kwicwa n’imigiti, umuntu utashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati: “Ibintu byose bigira imvano n’impamvu kuko umwana ava mu rugo agiye kwiga; Urukundo ahabwa n’umubyeyi iyo arubuze bimutera kwiheba, nibyo bivamo ko abana bava mu rugo batazi itabi yewe n’umubyeyi we atarinywa akagaruka mu rugo anywa urumogi.”

Abana babaye ibikuke hejuru yo kugirirwa nabi, umwana agenerwa byose bijyanye n’ifunguro ntabibone: Kumwiriza ubusa; Kubukoresha Imirimo ivunanye n’ibindi, ibi byose biramurenga agakora ibidakorwa.

Mu mugambi mubisha wa NDUMUJURA twababwiye ukuntu umuyobozi w’ikigo asaba amasuka nyamara ikigo kitihisha ubuhinzi ndetse n’ubusitani ari hafi ya ntabwo, Leta ifite UBUREZI mu nshingano zayo igomba gusuzuma ikavuguta umuti naho urubyiruko rurahangirikira. Umwana ni umutware, tumugaragarize urukundo. Ahabwe ibimugenerwa, mwarimu nawe atungwe n’umushahara we.

Karibumedia

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
MANIRAGUHA Ladisilas
  • Website

Related Posts

RULINDO: Umunsi w’Umwana w’Umunyafurika, Abaturage bibukijwe kudateshuka ku Nshingano za Kibyeyi

June 27, 2026

GAKENKE: Umwarimu yajombwe ikaramu n’umunyeshuri akomereka bikabije

June 25, 2026

MUSANZE: Abarimu ba ETEFOP basabwe kwitabira umurimo bashinzwe bakurikije urugero rwa Yozefu Mutagatifu

May 24, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,698 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,474 Views

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026970 Views

BREAKING NEWS: Mukarere ka Burera umwarimu yasanzwe yapfuye birakekwako yiyahuye

September 15, 2025854 Views

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

By MANIRAGUHA LadisilasJuly 18, 20260

Hirya no hino mu gihugu, Leta ikangurira kandi ikaburira abaturage kureka kunywa inzoga nyinshi “Tunywe…

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026

KARONGI: Imihanda yinjira mu mujyi igiye gushyirwamo ibihangano nyabugeni

July 14, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

July 18, 2026

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.