Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

RDC: Urupfu rwa Colonel Ruterera, ni ikimenyetso cy’itotezwa n’urwango Leta ya Kinshasa ifitiye ubwoko bw’Abanyamulenge

July 18, 2026

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

July 18, 2026

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • RDC: Urupfu rwa Colonel Ruterera, ni ikimenyetso cy’itotezwa n’urwango Leta ya Kinshasa ifitiye ubwoko bw’Abanyamulenge
  • Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100
  • Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi
  • RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2
  • KARONGI: Imihanda yinjira mu mujyi igiye gushyirwamo ibihangano nyabugeni
  • GICUMBI: Imurikabikorwa ryagaragaje ko abaturage badakangwa n’ibihe by’Impeshyi
  • Mu Burundi: Ubwato bw’igisirikare cy’u Burundi bumaze iminsi ibiri butaboneka
  • U Rwanda rwashoye miliyari 48 Frw muri nkunganire ku biciro bya peteroli
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100
Ubuzima

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

MANIRAGUHA LadisilasBy MANIRAGUHA LadisilasJuly 18, 2026Updated:July 18, 2026130 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Hirya no hino mu gihugu, Leta ikangurira kandi ikaburira abaturage kureka kunywa inzoga nyinshi “Tunywe Less”; Gukoresha ibiribwa n’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge. Inzoga zangiza ubwonko; Umwijima; Amagufwa kandi zongera ibyago bya kanseri ndetse no mu rugero ruto, zishobora gutera ububata (addiction) no kugabanya ubushobozi bwo kwibuka.

Mu binyamakuru bitandukanye mwasomye inkuru z’umubare w’abaturage bagiye biranguzwa n’ibiryo n’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, aha Karibumedia tugiye kubagaragariza ububi bw’inzoga nyinshi mu mubiri w’umuntu:

1. Ubwonko: Zihungabanya imikorere y’imitsi y’ubwonko, bigatera gusinda; Kwibagirwa no kugabanya ubushobozi bwo kwiga no gufata ibyemezo. Kunywa kenshi bishobora gutera uburwayi bw’ubwonko ndetse no kuba umuntu yatakaza ubwenge;
2. Umwijima: Umwijima ni wo usya inzoga ariko kunywa kenshi no mu rugero rwinshi bituma unanirwa gukora neza. Byongera ibyago bya hepatite; Cirrhosis n’umwijima kuzuraho amavuta menshi;
3. Ububata: Inzoga zishobora gutera addiction (imbata), umuntu akumva atabaho atazinyweye. Iyo zibuze, umuntu ashobora kugira ibimenyetso nko gususumira; Kuzungera; Gucangwa no kuvugishwa;
4. Amagufwa: Zibangamira kwinjizwa kwa kalisiyumu, bigatera osteoporosis (amagufwa yoroshye; Avunguka byoroshye);
5. Kanseri: Kunywa inzoga nyinshi cyane byongera ibyago bya kanseri y’umwijima; Amara; Ibere n’umwoyo. Biterwa n’uko inzoga zangiza ingirangingo, zigabanya vitamin B9 kandi zikongera estrogen mu mubiri.

Abakoresha inzoga nabi, baburiwe kuzireka cyangwa kuzigabanya kuko bigaragara ko zangiza ubuzima ndetse zikonona ejo hazaza h’umuntu. Kubakoresha ibiribwa n’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge n’ibindi biyobya_ bwenge, byo ni ibindi kuko bishobora kubakururira ibyago byinshi kandi bitandukanye birimo kubatura mu byaha bibakururira igifungo no gupfa mu buryo bwihuse kandi butunguranye.

Karibumedia.

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
MANIRAGUHA Ladisilas
  • Website

Related Posts

Mu Rwanda: Abana 5% bari munsi y’imyaka itanu bafite ibibazo by’umubyibuho ukabije

July 3, 2026

IBINTU 10 DUKORA BYANGIZA UBWONKO BWACU:

May 20, 2026

MUSANZE: Miliyari zigera kuri 165 Frw nizo zizagenda ku nyubako nshya y’Ibitaro bikuru bya Ruhengeri

May 12, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,709 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,475 Views

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026971 Views

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 2025872 Views

RDC: Urupfu rwa Colonel Ruterera, ni ikimenyetso cy’itotezwa n’urwango Leta ya Kinshasa ifitiye ubwoko bw’Abanyamulenge

By MANIRAGUHA LadisilasJuly 18, 20260

Urupfu rwa Colonel Ruterera, wari ufungiye muri gereza ya Ndolo i Kinshasa rukomeje guteza agahinda…

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

July 18, 2026

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026

RULINDO: Polisi yafashe itsinda ry’abagizi ba nabi, riheruka kwica abantu 2

July 14, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

RDC: Urupfu rwa Colonel Ruterera, ni ikimenyetso cy’itotezwa n’urwango Leta ya Kinshasa ifitiye ubwoko bw’Abanyamulenge

July 18, 2026

Igihe kitageze ku mwaka, mu Rwanda Kunywa Inzoga nyinshi no Gukoresha Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge bimaze guhitana abarenga 100

July 18, 2026

Gakenke: Umwarimu akurikiranyweho ubujura bw’amatungo magufi

July 16, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.