Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi
  • MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi
  • Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya
  • RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku
  • RWANDA: Imyiteguro yo ” Kwita amazina” Abana b’Ingagi 22 mu 2026 irarimbanije
  • MUSANZE: Hamenwe litiro zisaga ibuhumbi 30 za Ethanol n’amakarito 4200 y’inzoga zitujuje ubuziranenge
  • NGORORERO: Ibihazi byari byivuganye Gitifu w’umurenge akizwa n’amaguru
  • MUSANZE: Ikigo “RED ROCKS”, cyaganuje abaturanyi bacyo n’abanyamahanga karahava
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » Dusangire ijambo ry’Imana! Theme: Niba imbaraga z’abarozi zikikuzonga, ni uko nawe ushobora kuba ubifitemo uruhare. Part 2.
Iyobokamana

Dusangire ijambo ry’Imana! Theme: Niba imbaraga z’abarozi zikikuzonga, ni uko nawe ushobora kuba ubifitemo uruhare. Part 2.

MANIRAGUHA LadisilasBy MANIRAGUHA LadisilasOctober 19, 202510 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Muri Luka10:19 hagira hati: “[19]Dore mbahaye ubutware bwo kujya mukandagira inzoka na sikorupiyo, n’imbaraga z’Umwanzi zose kandi nta kintu kizagira icyo kibatwara rwose

IYO WAKIRIYE YESU KRISTO NK’UMWAMI N’UMUKIZA W’UBUGINGO BWAWE SATANI ATANGIRA KUJYA AGUHUNGA MU GIHE URI GUSENGA.

Iyo umuntu akijijwe, akabatizwa mu rwego rwo gusohoza gukiranuka kose, akaba yiyejeje nta cyaha kikimuriho, iyo ageze ahongaho satani n’abambari be baramutinya cyane kuko ntaba akiri we ahubwo ni Kristo ugaragara muri we. Uko Mose yavuye ku musozi isura yahindutse ni urugero rwiza rw’uko umuntu ahinduka akambara ubwiza burimo imbaraga zikomeye.

KIZWA KANDI UJYE UGENDANA INTWARO Z’IMANA NTUZONGERA GUTSINDWA NA SATANI N’ABAMBARI BE.

Mu Abefeso 6:13 hagira hati: “[13]Nuko rero mutware intwaro zose z’Imana, kugira ngo mubashe gukomera ku munsi mubi kandi murangije byose mubashe guhagarara mudatsinzwe (Usome ahakurikira kugira ngo umenye izo ntwaro).

GUHAMAGARA YESU, AMARASO YA YESU, UMURIRO WO MU IJURU N’IZINDI MBARAGA ZO MU IJURU NIBYO BISHEGESHA SATANI N’ABAROZI.

Uzumva umuntu warozwe, uzumva umuntu wirukanye abarozi; Uzabona umuntu wirukana abadayimoni mu bantu. Byose ni Yesu Kristo ubikorera mu bantu bahagaze neza muby’umwuka muri icyo gihe.

TINYUKA UJYE WIRUKANA SATANI N’ABO AKORESHA BOSE.

Ntukongere kugira ubwoba nuhura n’umuntu utewe na dayimoni cyangwa umurozi. Niba ukijijwe hamagara Yesu, amaraso ya Yesu, umuriro wo mu ijuru bizatitiza satani ahunge.

Ugire amahoro, ndagukunda!

Pasteur Alphonse HABYARIMANA.

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
MANIRAGUHA Ladisilas
  • Website

Related Posts

MENYA BYINSHI KURI “SIGNIS WORLD CONGRESS 2026”, IHURIJE HAMWE ABAKORA MU ITANGAZAMAKURU N’ITUMANAHO RYA KILIZIYA

August 6, 2026

Diyoseze Gatolika ya Ruhengeri: Mu ma Paroisse atandukanye, hatangajwe aho Abapadiri bazakorera ubutumwa (Nominations) mu mwaka wa 2026/ 2027

July 4, 2026

Umugambi mubisha wa ‘NDUMUJURA’, uravugwa no mu bihayimana

May 27, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,817 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,574 Views

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 20251,079 Views

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026991 Views

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

By MANIRAGUHA LadisilasAugust 15, 20260

Mu rwego rwo kwitegura neza umuhango wo kwita izina abana b’ingagi, umuhango uteganijwe kuya 04/09/2026:…

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026

RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku

August 13, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 2025
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.