Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi
  • MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi
  • Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya
  • RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku
  • RWANDA: Imyiteguro yo ” Kwita amazina” Abana b’Ingagi 22 mu 2026 irarimbanije
  • MUSANZE: Hamenwe litiro zisaga ibuhumbi 30 za Ethanol n’amakarito 4200 y’inzoga zitujuje ubuziranenge
  • NGORORERO: Ibihazi byari byivuganye Gitifu w’umurenge akizwa n’amaguru
  • MUSANZE: Ikigo “RED ROCKS”, cyaganuje abaturanyi bacyo n’abanyamahanga karahava
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » MINEDUC: Hafi 90% by’abarimu mu gihugu batungwa n’ibyo Leta yageneye abanyeshuri/ Ubushakashatsi
Uburezi

MINEDUC: Hafi 90% by’abarimu mu gihugu batungwa n’ibyo Leta yageneye abanyeshuri/ Ubushakashatsi

MANIRAGUHA LadisilasBy MANIRAGUHA LadisilasJune 26, 2026Updated:June 26, 2026187 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Mu kigo cy’amashuri ya RUNABA abana barindwi bari bivuganye abarimu Imana ikinga akaboko, ni inkuru yasakaye kuri uyu wa Kane tariki ya 25/06/2026 ko abarimu bahaswe inkoni “Imigiti.”

Ubuhamya bwumwe mubayobozi b’inzego z’ibanze:

Aho yagize ati: “Kubufatanye bwa RIB; Police n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Butaro, twatabajwe ni kigo cya G.S Runaba ko harabanyeshuri bigaragambije bagakubita abarimu.

Abanyeshuri ni aba bakurikira:
1.Ndayizeye Elissa(18ans);
2.Iradukunda Patrick (16ans);
3.Irabishoboye Elisa (16ans);
4.Izadufasha Gad(16ans);
5.Fitumukiza Adjey(16ans);
6.Irumva Jado Fis(17ans) na
7.Utuje manzi Kevin(15ans).

Naho Abarimu bakubinswe ni:

1.Nshimiyimana Michel (33ans);
2.Nkundineza jean Marie Vienny (45ans) na
3.Bucyayungura Jean Baptiste (35ans).”

Nyuma yo gufata abakoze urugomo ubuyobozi bw’umurenge na police twakoze inama n’abanyeshuri yo kubashishikariza kugira imyitwarire myiza iranga umunyeshuri, abanyeshuri batubwiye ko bagiye kwikosora.

Umwana akeneye urukundo igihe cyose naho ari hose

Karibumedia tumaze igihe tubagezaho inkuru zo mu burezi, aho abana bakoreshwa Imirimo ivunanye. Muri urwo rwego iyo dusuzumye ibiba kuri aba barimu usanga bifitanye isano n’ibyo twabatzngarizaga ku bana: umwana birakenewe ko agaragarizwa urukundo kuko ntibyumvikana ukuntu ufata umwana ukamushira mu gikoni kandi ababyeyi bamwohereje ku masomo, agahiramo; Ugufata umwana akajya gutashya inkwi, akicwa nazo ndetse hari n’inkuru twabahaye babujije umwana kurya.

Nyuma yicicikana ry’inkuru ko abarimu bagiye kwicwa n’imigiti, umuntu utashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati: “Ibintu byose bigira imvano n’impamvu kuko umwana ava mu rugo agiye kwiga; Urukundo ahabwa n’umubyeyi iyo arubuze bimutera kwiheba, nibyo bivamo ko abana bava mu rugo batazi itabi yewe n’umubyeyi we atarinywa akagaruka mu rugo anywa urumogi.”

Abana babaye ibikuke hejuru yo kugirirwa nabi, umwana agenerwa byose bijyanye n’ifunguro ntabibone: Kumwiriza ubusa; Kubukoresha Imirimo ivunanye n’ibindi, ibi byose biramurenga agakora ibidakorwa.

Mu mugambi mubisha wa NDUMUJURA twababwiye ukuntu umuyobozi w’ikigo asaba amasuka nyamara ikigo kitihisha ubuhinzi ndetse n’ubusitani ari hafi ya ntabwo, Leta ifite UBUREZI mu nshingano zayo igomba gusuzuma ikavuguta umuti naho urubyiruko rurahangirikira. Umwana ni umutware, tumugaragarize urukundo. Ahabwe ibimugenerwa, mwarimu nawe atungwe n’umushahara we.

Karibumedia

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
MANIRAGUHA Ladisilas
  • Website

Related Posts

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

Minisiteri y’Uburezi yatangaje impinduka enye zikomeye, hagamijwe kuzamura ireme ry’uburezi

August 2, 2026

MUSANZE: Ku nshuro ya 8, Muhabura Integrated Polytechnic College (MIPC) yongeye gutanga impamyabushobozi ku banyeshuri bagera kuri 226

August 1, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,812 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,573 Views

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 20251,079 Views

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026991 Views

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

By MANIRAGUHA LadisilasAugust 15, 20260

Mu rwego rwo kwitegura neza umuhango wo kwita izina abana b’ingagi uteganijwe kuya 04/09/2026, Ikigo…

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026

RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku

August 13, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 2025
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.