Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi
  • MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi
  • Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya
  • RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku
  • RWANDA: Imyiteguro yo ” Kwita amazina” Abana b’Ingagi 22 mu 2026 irarimbanije
  • MUSANZE: Hamenwe litiro zisaga ibuhumbi 30 za Ethanol n’amakarito 4200 y’inzoga zitujuje ubuziranenge
  • NGORORERO: Ibihazi byari byivuganye Gitifu w’umurenge akizwa n’amaguru
  • MUSANZE: Ikigo “RED ROCKS”, cyaganuje abaturanyi bacyo n’abanyamahanga karahava
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » MUSANZE: Ubuyobozi bw’Akarere bwatangiye gutahura abigabije Ubutaka n’indi mitungo bya Leta
Politike

MUSANZE: Ubuyobozi bw’Akarere bwatangiye gutahura abigabije Ubutaka n’indi mitungo bya Leta

MANIRAGUHA LadisilasBy MANIRAGUHA LadisilasJune 25, 2026Updated:June 25, 2026124 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Amakuru agera kuri Karibumedia, aremeza ko kuri ubu mu karere ka Musanze bari mu gikorwa cyo kugaruza ubutaka bwa Leta bwari bwarigaruriwe n’abaturage ku bw’uburiganya.

Karibumedia mu cyo twise: “Umugambi mubisha wa NDUMUJURA”. Ni inkuru tugikurikirana ariko amakuru y’ibanze dufite ni uko iki gikorwa kirimo gukorwa n’itsinda ryashyiriweho gukurikirana by’umwihariko iki kibazo mu karere ka Musanze.

Aya makuru yemeza kandi ko mu butaka bumaze kugaruzwa harimo ubwari bwarigaruriwe n’uwitwa Mariko, ubu butaka bungana na metero kare hafi ibihumbi bitatu “3,000m²”, buherereye mu kagari ka Mpenge. Bivugwa ko uyu mugabo yabwigaruriye mu bihe byo hambere, ubwo habaga igurana ry’ubutaka hagati ya EAR Diocèse ya Shyira yari yarahawe ubutaka bwa Leta ngo ibushyireho ishuri rya Sonrise n’Abasukuti.

Aya makuru akomeza avuga ko k’ubw’uburiganya, Mariko abifashijwemo n’Abasukuti yaje kwigarurira igipande kinini cy’ubutaka bwa Leta bwari bufatanye n’igipande cyaguraniwe Abasukuti.

Iri tsinda kandi ngo ryashoboye gutahura n’ubundi buriganya bwakorewe hafi yaho bita ku gacuri, aharebana n’aho bita muri Groupment (ikigo cya polisi). Ni ubutaka nabwo bunini (hafi 1/2 cya hegitari), kuri ubu bukaba bwari bwararangije kugurishwa n’uwabwigaruriye abugurisha koperative y’abasezerewe mu ngabo. Bubatsemo parking.

Andi makuru nayo yemeza ko hari n’ubundi butaka buherereye hirya no hino y’umusozi wa Nyamagumba bwaba bwarigaruriwe n’abantu banyuranye, iri tsinda rikaba rikomeje gukurikirana iki kibazo kimwe n’ibindi bitari bike iri tsinda ryatahuye.

Karibumedia iheruka gushyira ahagaragara ibyo yavanye mu iperereza mu karere ka Burera, mu cyo twise “Umugambi mubisha wa Ndumujura”. Twagaragaje urutonde rwa bamwe mu bigaruriye ubutaka bwa Leta tunagaragaza ibimenyetso, ubu dukomeje igikorwa cyacu cy’iperereza ndetse no gukurikirana umusaruro uzava ku nkuru zacu.

Karibumedia irabizeza kutazihanganira uwariwe wese wigabiza cyangwa wigwizaho, mu buryo bw’uburiganya umutungo n’indonke z’ibyo atavunikiye. Twongere tuvuge tuti: “Urajya/ Urihisha he mujura!?”

Karibumedia

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
MANIRAGUHA Ladisilas
  • Website

Related Posts

Minisiteri y’Uburezi yatangaje impinduka enye zikomeye, hagamijwe kuzamura ireme ry’uburezi

August 2, 2026

U Rwanda rwamaganye amasezerano RDC yagiranye na FDLR, ruvuga ko anyuranyije n’ay’i Washington

July 30, 2026

GAKENKE na MUSANZE: Hamuritswe uburyo bwo guteka mu mashuri hakoreshwa Gaz aho gukoresha inkwi

July 29, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,812 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,573 Views

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 20251,079 Views

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026991 Views

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

By MANIRAGUHA LadisilasAugust 15, 20260

Mu rwego rwo kwitegura neza umuhango wo kwita izina abana b’ingagi uteganijwe kuya 04/09/2026, Ikigo…

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026

RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku

August 13, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 2025
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.