Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi
  • MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi
  • Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya
  • RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku
  • RWANDA: Imyiteguro yo ” Kwita amazina” Abana b’Ingagi 22 mu 2026 irarimbanije
  • MUSANZE: Hamenwe litiro zisaga ibuhumbi 30 za Ethanol n’amakarito 4200 y’inzoga zitujuje ubuziranenge
  • NGORORERO: Ibihazi byari byivuganye Gitifu w’umurenge akizwa n’amaguru
  • MUSANZE: Ikigo “RED ROCKS”, cyaganuje abaturanyi bacyo n’abanyamahanga karahava
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » BURERA: Ruboneka Cyprien w’imyaka igera kuri 60 yiyambuye ubuzima
Amakuru

BURERA: Ruboneka Cyprien w’imyaka igera kuri 60 yiyambuye ubuzima

MANIRAGUHA LadisilasBy MANIRAGUHA LadisilasMay 3, 2026Updated:May 4, 2026122 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Mu karere ka Burera; Umurenge wa Kinoni mu kagari ka Cyanya haravugwa urupfu rutunguranye rw’umugabo witwa Ruboneka Cyprien uri mu kigero cy’imyaka 60, kuri uyu mugoroba wo kuya 03/05/2026 asanzwe mu mugozi mu gikoni cy’iwe anagana yapfuye.

Ni amakuru ageze kuri Karibumedia.rw ku isaha ya Saa kumi n’imwe z’umugoroba 17h00, avuga ko uyu RUBONEKA Cyprien bamusanze mu gikoni anagana ari mu mugozi hakaba hagitegerejwe ubuyobozi ngo bugire icyo bubikoraho birimo no gutangira iperereza ngo hamenyekane icyabimuteye.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kinoni, Kwizera Emmanuel kuri telefoni abwiye Karibumedia.rw ko amakuru ariyo koko ariko ko aribwo agiye kugerayo araza guhamagara umunyamakuru akamubwira uko abisanze.

Yagize ati: “Nanjye nibwo mbyumvise, ubu ndi mu muhanda ariyo ndi kwerekeza, ningerayo nibwo ndi buze kubabwira uko bimeze.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Kinoni Kwizera Emmanuel yemereye Karibumedia.rw ko Aya makuru ariyo koko ariko ko nta makimbirane yari afitanye n’abo mu muryango we, gusa ngo ubwa mbere abigerageza.

Yagize ati” N’ibyo Uyu mugabo yasanzwe mu mugozi yapfuye ariko uyu muryango nta kibazo na kimwe cyaba icy’amakimbirane cyangwa icy’ubukene bari bafite.Gusa ngo si umbwa mbere yari yiyahuye kuko ngo hari igihe yanyoye umuti, umugore aratabaza bamujyana kwa muganga arakira.

Uyu munsi rero yari yiriwe mu rugo nta kibazo afite, umugore agiye ku muhanda ataragaruka umwana w’imyaka 10 aya kumubwira ko se amanitse mu mugozi.

Umugore agiye kureba koko asanga ari mu mugozi.”

Gitifu Kwizera yakomeje agaragariza Karibumedia.rw icyo bakoze nk’ubuyobozi n’ubutumwa baha abaturage.

Yagize ati “Ubuyobozi twahageze, dufatanyije na RIB na Polisi dusanga koko ari mu mugozi, RIB ikora inyandiko hanyuma umurambo woherezwa kwa muganga mu bitaro bya Ruhengeri gukorerwa isuzuma kandi n’iperereza naryo rirakomeje. Ubutumwa twagenera abaturage ni kwirinda kwihererana ibibazo baba bafite byabatera agahinda gakabije ahubwo bakagira abo bizera bakabibabwira aho gufata icyemezo kigayitse cyo kwiyambura ubuzima.”

Ni urupfu rwa kabiri rugaragaye muri uyu mu murenge mu minsi itarenze itanu gusa kuko mwibuka ko inkuru y’umugore Nyiransabimana Léocadie twarubagejejeho muri iki cyumweru none hadaciye kabiri, umugabo w’igikwerere yiyambuye ubuzima.

Yanditswe na SETORA Janvier.

Ni urupfu rwa kabiri rugaragaye muri uyu mu murenge mu minsi itarenze itanu gusa kuko mwibuka ko inkuru y’umugore Nyiransabimana Léocadie twarubagejejeho muri iki cyumweru none hadaciye kabiri, umugabo w’igikwerere yiyambuye ubuzima.

Yari SETORA Janvier.

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
MANIRAGUHA Ladisilas
  • Website

Related Posts

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026

RWANDA: Imyiteguro yo ” Kwita amazina” Abana b’Ingagi 22 mu 2026 irarimbanije

August 12, 2026

NGORORERO: Ibihazi byari byivuganye Gitifu w’umurenge akizwa n’amaguru

August 10, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,817 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,574 Views

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 20251,080 Views

BURERA: Kubera Imirimo Ivunanye, Umunyeshuri Wiga ku kigo cy’Amashuri Abanza ya Musanzu Yahiriye mu Gikoni

March 24, 2026991 Views

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

By MANIRAGUHA LadisilasAugust 15, 20260

Mu rwego rwo kwitegura neza umuhango wo kwita izina abana b’ingagi, umuhango uteganijwe kuya 04/09/2026:…

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026

RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku

August 13, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 2025
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.