Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

August 17, 2026

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu
  • MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi
  • MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi
  • Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya
  • RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku
  • RWANDA: Imyiteguro yo ” Kwita amazina” Abana b’Ingagi 22 mu 2026 irarimbanije
  • MUSANZE: Hamenwe litiro zisaga ibuhumbi 30 za Ethanol n’amakarito 4200 y’inzoga zitujuje ubuziranenge
  • NGORORERO: Ibihazi byari byivuganye Gitifu w’umurenge akizwa n’amaguru
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » Rwabuze gica hagati ya Alexander Isak na Newcastle United
Imikino

Rwabuze gica hagati ya Alexander Isak na Newcastle United

SETORA JanvierBy SETORA JanvierAugust 20, 2025Updated:August 20, 20253 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Rutahizamu Alexander Isak yashimangiye ko atazongera gukinira Newcastle United ayishinja kwica amasezerano bagiranye, avuga ko icyizere hagati ye n’iyi kipe cyamaze kuyoyoka, mu gihe iyi kipe yo igaragaza ko akiri umukinnyi uyifitiye amasezerano kandi yiteguye kumwakira ubwo azaba agarutse mu bandi.

 

Mu butumwa yashyize kuri Instagram, uyu mukinnyi yagize ati “Maze igihe naracecetse, mu gihe abandi bari kuvuga. Uko guceceka kwatumye buri wese agira ijambo nyamara hari n’abatazi ibyo twemeranyije mu gikari.”

Yakomeje agira ati “Ukuri ni uko amasezerano yakozwe kandi hashize igihe kinini ikipe izi uruhande rwanjye. Rero kwica amasezerano n’icyizere kiratakara bityo umubano ntabwo wakomeza.”

Ku rundi ruhande, ikipe yagaragaje ko yatengushywe n’ibyo Isak yatangaje kandi ko akwiye kubaha amasezerano agifite.

Iti “Igisubizo cyacu kirasobanutse kuko Isak aracyadufitiye amasezerano kandi ntabwo twigeze tugaragaza ko twifuza kumurekura muri iyi mpeshyi. Turifuza kugumana abakinnyi bacu beza ariko na none twumva ibyifuzo byabo.”

Mu minsi ishize, Alexander Isak yatangaje ko atazongera gukinira Newcastle na cyane ko aheruka mu ikipe mu mwaka ushize w’imikino.

Newcastle ivuga ko uyu rutahizamu atagurishwa ndetse hashize iminsi 19 iyi kipe yanze miliyoni 110£ Liverpool yifuza kumugura. Biteganyijwe ko The Cops izongera amafaranga akagera kuri miliyoni 120£.

Kugeza ubu, Newcastle imaze kugura abakinnyi bane muri iyi mpeshyi ari bo Jacob Ramsey yakuye muri Aston Villa, Malick Thiaw wa AC Milan, Anthony Elanga wavuye muri Nottingham Forest ndetse n’umunyezamu Aaron Ramsdale yatijwe na Southampton.

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
SETORA Janvier

Related Posts

APR FC izatangira ikina na Gor Mahia FC: Ingengabihe ya CECAFA yasohotse

July 20, 2026

Rayon Sports yinjije asaga miliyoni 50 Frw mu matike ku munsi w’Igikundiro

July 20, 2026

RULINDO: Umukino wa Rugby ni Umukino w’urukundo – KAGAME Joseph

February 18, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,819 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,575 Views

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 20251,085 Views

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026994 Views

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

By MANIRAGUHA LadisilasAugust 17, 20260

Nk’uko twabibagejejeho mu nkuru yacu iheruka, ku itariki ya 14/08/2026 ahagana saa moya hagaragaye umwotsi…

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

August 17, 2026

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 2025
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.