Rubavu: Breaking news: Mu murenge wa Nyakiriba mu karere ka Rubavu, ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18h11′) habereye impanuka ikomeye aho ikamyo ya Company ya Skol yajyaga Rubavu yagonganye na Fuso ipakiye amatafari n’indi modoka nto.
Kugeze ubu, iyi mpanuka yishe umushoferi wa Fuso ariko hari abandi 4 bakomeretse bikomeye bajyanywe mu bitaro kugira ngo bahabwe ubufasha.
Andi makuru arambuye ni ejo hazaza.
By SETORA Janvier
