Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

August 17, 2026

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu
  • MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi
  • MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi
  • Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya
  • RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku
  • RWANDA: Imyiteguro yo ” Kwita amazina” Abana b’Ingagi 22 mu 2026 irarimbanije
  • MUSANZE: Hamenwe litiro zisaga ibuhumbi 30 za Ethanol n’amakarito 4200 y’inzoga zitujuje ubuziranenge
  • NGORORERO: Ibihazi byari byivuganye Gitifu w’umurenge akizwa n’amaguru
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » Icyogajuru cya SpaceX cyageze mu isanzure nyuma y’inshuro icyenda z’igerageza
Ikoranabuhanga

Icyogajuru cya SpaceX cyageze mu isanzure nyuma y’inshuro icyenda z’igerageza

MANIRAGUHA LadisilasBy MANIRAGUHA LadisilasAugust 28, 202522 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Ikigo cya SpaceX cyabashije kohereza icyagajuru cya mbere kinini mu isanzure, nyuma yo kugikorera igerageza inshuro zigera ku icyenda iki cyogajuru kigashwanyukira mu nzira.

 

Igerageza rya 10 ryabaye ku wa 26 Kanama 2025, iki cyogajuru cyoherezwa mu isanzure kirinda kigerayo kitarashwanyuka nk’uko ibindi byagiye bigenda.

Icyakora uru rugendo ntirwarangiye neza kuko cyaje gushya kiri kugaruka ku Isi, gusa ubuyobozi bwa SpaceX bwavuze ko ibyo na byo na byo byatumye bamenya ubushobozi gifite.

Nyiri SpaceX, Elon Musk yashimiye abagize uruhare mu kugira ngo iki cyogajuru kibashe kujya mu isanzure avuga ko “ikipe ya spaceX yakoze akazi keza”.

Iki cyogajuru kiri mu byo Ikigo cya Amerika cyita ku bijyanye n’Isanzure, NASA, gishaka gukoresha mu mushinga wacyo wa Artemis wo kujyana abantu ku Kwezi uzatangira mu 2027.

Iki cyogajuru ni cyo cyogajuru kinini kandi gifite ubushobozi mu byabayeho, kuko gifite uburebure bwa metero 120, moteri 33 za Raptor ku gice cyo hasi n’izindi esheshatu ku gice cyo hejuru.

Mu gihe cyo guhaguruka, izi moteri zitanga imbaraga zingana n’izishobora gusunika ibilo miliyoni 7,5.

Iki cyogajuru cyatangiye kugeragezwa mu 2023, kigenda kigaragaza ibibazo bikagenda bikosorwa mu gikurikiye, kugeza bakoze icyabashije kugenda kikagera mu isanzure.

Igerageza ryaherukaga ryagenze nabi cyane kuko cyaturikiye ku butaka kitarahaguruka, ibyatumye n’ibikoresho biba biyifashe byangirika.

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
MANIRAGUHA Ladisilas
  • Website

Related Posts

Urubyiruko rurasabwa kwitwararika mu gukoresha imbuga nkoranyambaga

February 20, 2026

Google yaburiye abizera ‘AI’ buhumyi

November 19, 2025

MTN Rwanda yaciwe miliyoni 30 Frw kubera serivisi mbi

August 23, 2025
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,827 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,584 Views

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 20251,092 Views

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 20261,016 Views

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

By MANIRAGUHA LadisilasAugust 17, 20260

Nk’uko twabibagejejeho mu nkuru yacu iheruka, ku itariki ya 14/08/2026 ahagana saa moya hagaragaye umwotsi…

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

August 17, 2026

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 2025
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.