Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

Umuyobozi w’Ikigo cy’Amashuri, ni Umusingi w’Ireme ry’Uburezi/ Dr. Nelson MBARUSHIMANA

August 20, 2026

MUSANZE: Ubufatanye buzazamura ubumenyi n’ubuhanga mu bukerarugendo bushingiye ku muco

August 19, 2026

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

August 17, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • Umuyobozi w’Ikigo cy’Amashuri, ni Umusingi w’Ireme ry’Uburezi/ Dr. Nelson MBARUSHIMANA
  • MUSANZE: Ubufatanye buzazamura ubumenyi n’ubuhanga mu bukerarugendo bushingiye ku muco
  • BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu
  • MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi
  • MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi
  • Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya
  • RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku
  • RWANDA: Imyiteguro yo ” Kwita amazina” Abana b’Ingagi 22 mu 2026 irarimbanije
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » ‎Ku nshuro ya 17, ishuri rikuru ry”ubumenyingiro rya INES-Ruhengeri ryantanze impamyabumenyi ku banyeshuri 1479
Uburezi

‎Ku nshuro ya 17, ishuri rikuru ry”ubumenyingiro rya INES-Ruhengeri ryantanze impamyabumenyi ku banyeshuri 1479

MANIRAGUHA LadisilasBy MANIRAGUHA LadisilasOctober 31, 2025Updated:November 1, 2025173 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Kuri uyu wa gatanu, tariki 31/10/2025, ishuri rikuru rya INES-Ruhengeri ryatanze impamyabumenyi ku banyeshuri igihumbi na magana ane na mirongo irindwi n’icyenda (1479) harimo abanyamahanga ijana na cumi na babiri(112).          

‎Muri izi mpamyabumenyi harimo izo mu cyiciro cya gatatu (Master’degree) zigera kuri 64 mu mashami atandukanye.

‎Uwavuze mu izina ry’abahawe impamyabumenyi, UWAMAHIRO Esther, yashimiye INES-Ruhengeri n’ababyeyi babo.

MAHORO Esther wavuze mu izina ry’abarangije.

‎Yagize ati “Nk’abanyeshuri tubonye impamyabushobozi , turashimira INES-Ruhengeri yaduhaye ubumenyi tukaba tugiye kubuyaza umusaruro. Turashimira kandi n’ababyeyi bacu batahwemye kuduha Ibyo twakeneraga byose, tukaba twushije ikivi cyacu. Bityo, tukaba tubijeje ko Ibyo twize tugiye kubibyaza umusaruro ariko na none tutirengagije ko tugomba gukomeza amasomo kuko uyu munsi si uwo kwishima gusa ahubwo ahubwo iratwibutsa ko tugomba gutera n’izindi ntambwe.”‎Umuyobozi wa INES-Ruhengeri  Fr.Dr.Jean Bosco BARIBESHYA yasabye abarangije kuzaba me ntangarugero muri byose bafasha na barumuna babo.‎Yagize ati” Turasaba abarangije kuzakomeza gufasha bagenzi babo no kuzaba ba ambasaderi bacu aho bazajya hose kandi bakazaba intangarugero ku isoko ry’umurimo.”

Fr.Dr.Jean Bosco BARIBESHYA.

‎Fr.Dr.BARIBESHYA yashoje ashimira abafatanyabikorwa n’ababyeyi b’abana barangije.
‎
‎Yqgize ati “Ntitwasoza tudashimiye abafatanyabikorwa batandukanye ndetse n’ababyeyi b’abana barangije kuko ishema INES-Ruhengeri ifite uyu munsi ni ukubera ubufatanye tugirana.”

‎Intumwa ya Minisiteri y’uburezi muri uyu muhango NDIKUBWIMANA Theoneste yabwiye abarangije ko ari intambwe bateye ariko ko batagomba kwirara.

‎‎Yagize ati”Banyeshuri mubonye impamyabushobozi nababwira ko iyi ari intambwe muteye ariko kubona impamyabumenyi ntibihagije, si igipapuro ahubwo ni urufunguzo rw’umwanya mubonye wo gukomeza mugatera izondi ntambwe mugana imbere.”

Dr. Theoneste NDIKUBWIMANA.

‎Ndikubwimana yashoje ashimira ubufatanye hagati ya Minisiteri y’uburezi, inama nkuru y’amashuri makuru na Kaminuza na INES-Ruhengeri.

‎Yagize ati: “Minisiteri irashimira ishuri rikuru ry”ubumenyingiro rya INES-Ruhengeri kubera  uburyo rifatanya na Minisiteri y’uburezi n’inama nkuru y’amashuri makuru na Kaminuza mu guranga uburezi bufite ireme.”Umukozi mukuru w’Ikirenga  wa INES-Ruhengeri, Nyiricyubahiro Musenyeri, umushumba wa Diyosezi Gatorika ya Ruhengeri, Harolimana Vincent, yanenze ubwinshi bw’uburo butagira umusururu ahubwo ashima ubwinshi bujyanye n’ubuhanga.

‎Yagize ati: “Ubwinshi butagira umusururu, Oya ariko ubwinshi bujyanye n’ubuhanga, Yego. Banyeshuri mubonye impamyabumenyi, mutewe ishema mwese  n’urugendo rurerure rwo gukorera ku ntego mwakoze. Bityo, indangagaciro n’umuco nyarwanda mukuye aha muri INES bizababere akabando ko kwicumba ku isoko ry’umurimo kandi muzatubere ba ambasaderi beza aho muzajua hose.”

Nyiricyubahiro Musenyeri Harolimana Vincent.

‎Nyiricyubahiro Musenyeri HAROLIMANA yashoje ashimira abafatanyabikorwa batandukanye.
‎
‎Yagize ati: “Turashimira abafatanyabikorwa bishyuriye abana barangije, tugashimira kandi ababyeyi bakomeje kugirira INES-Ruhengeri icyizere kuko iyi ni intambwe ihamagara izindi kugira ngo aba babonye impamyabumenyi bakomeze noneho Ibyo bize bazabibyaze umusaruro.”‎‎Ishuri rikuru rya INES-Rihemgeri ryatangiye mu mwaka wa 2003, ubu rikaba aribwo bwa mbere ritanze impamyabumenyi ku banyeshuri benshi (1479) mu bihimbi bitandatu na magana atanu (6.500) ryari rifite.

‎Yanditswe na SETORA Janvier.
‎

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
MANIRAGUHA Ladisilas
  • Website

Related Posts

Umuyobozi w’Ikigo cy’Amashuri, ni Umusingi w’Ireme ry’Uburezi/ Dr. Nelson MBARUSHIMANA

August 20, 2026

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

Minisiteri y’Uburezi yatangaje impinduka enye zikomeye, hagamijwe kuzamura ireme ry’uburezi

August 2, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,833 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,593 Views

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 20251,101 Views

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 20261,043 Views

Umuyobozi w’Ikigo cy’Amashuri, ni Umusingi w’Ireme ry’Uburezi/ Dr. Nelson MBARUSHIMANA

By MANIRAGUHA LadisilasAugust 20, 20260

Mu kiganiro kuri Radio na TV10, cyabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki…

MUSANZE: Ubufatanye buzazamura ubumenyi n’ubuhanga mu bukerarugendo bushingiye ku muco

August 19, 2026

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

August 17, 2026

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

Umuyobozi w’Ikigo cy’Amashuri, ni Umusingi w’Ireme ry’Uburezi/ Dr. Nelson MBARUSHIMANA

August 20, 2026

MUSANZE: Ubufatanye buzazamura ubumenyi n’ubuhanga mu bukerarugendo bushingiye ku muco

August 19, 2026

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

August 17, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 2025
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.