Close Menu
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English

Subscribe to Updates

Get the latest creative news from FooBar about art, design and business.

What's Hot

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

August 17, 2026

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026
Facebook X (Twitter) Instagram
Trending
  • BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu
  • MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi
  • MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi
  • Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya
  • RWANDA: Urwagwa; Ikigage; Ubushera n’umutobe ntibyaciwe ahubwo bigomba guteguranwa isuku
  • RWANDA: Imyiteguro yo ” Kwita amazina” Abana b’Ingagi 22 mu 2026 irarimbanije
  • MUSANZE: Hamenwe litiro zisaga ibuhumbi 30 za Ethanol n’amakarito 4200 y’inzoga zitujuje ubuziranenge
  • NGORORERO: Ibihazi byari byivuganye Gitifu w’umurenge akizwa n’amaguru
Facebook X (Twitter) Instagram
Karibu MediaKaribu Media
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Iyobokamana
    • Ubutabera
    • Ubukungu
    • Amatangazo
    • Amateka
    • Umuco
    • Umutekano
    • Ibiyaga bigari
    • Uncategorized
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
Karibu MediaKaribu Media
Home » Abasirikare ba Ukraine barenga ibihumbi 400 baratorotse
Mu mahanga

Abasirikare ba Ukraine barenga ibihumbi 400 baratorotse

MANIRAGUHA LadisilasBy MANIRAGUHA LadisilasAugust 4, 20254 Views
Facebook Twitter WhatsApp Copy Link

Umudepite mu Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine, Anna Skorokhod, yavuze ko abasirikare b’iki gihugu bagera ku bihumbi 400 batorotse ndetse benshi muri bo barimo n’abiyemeje kujya ku rugamba ku bushake bavuga ko nta gahunda bafite yo kugaruka kubera kwitabwaho nabi n’ababakuriye.

 

Uyu mudepite yavuze ko nubwo hari abatorotse bagaruka, abenshi batifuza kugaruka kuko bafatwa nabi kandi baragiye gutanga umusanzu mu kurengera ubusugire bwa Ukraine nk’abakorerabushake.

Ati “Hari benshi batazagaruka na rimwe kuko ntabwo ushobora gufata abantu nk’inyamaswa kandi bariyemeje kujya ku rugamba ku bushake, bakamara imyaka itatu batabonye imiryango yabo.”

Anna Skorokhod yavuze ko abasirikare bafite uburenganzira bwo gusura imiryango yabo abana babo, ndetse n’abagore babo, no gusubira mu buzima busanzwe.

Uyu mudepite yavuze ko ubwo burenganzira butubahirizwa kuko babwirwa ko bazasubira mu miryango yabo igihe Ukraine izaba yatsinze u Burusiya bwayishojeho intambara mu ntangiriro za 2022.

Mu minsi ishize havuzwe amakuru y’uko mu gihembwe cya mbere cya 2025 abasirikare barenga ibihumbi 107 bakurikiranyweho gutoroka.

Kuva mu 2022 imibare igaragaza ko abasirikare barenga 230 bakurikiranyweho kujya mu miryango yabo badasabye uruhushya.

Impamvu ni uko barambiwe, umunaniro kubura ababatera ingabo mu bitugu, kuzirikirwa mu gisirikare no kudahabwa umwanya wo kujya gusura ababo.

Mu kwezi gushize, Anna Skorokhod yatangaje ko imbogamizi ikomeye ari ruswa abayobozi basaba ku ngufu amafaranga agenewe abarikare bari ku rugamba.

Intambara y’u Burusiya na Ukraine igitangira, abagabo bo muri iki gihugu gihanganye n’ab’i Moscow bari hagati y’imyaka 18 na 60 y’amavuko babuzwaga guhunga igihugu.

Umwaka ushize Ukraine yagabanyije imyaka yo kujya mu gisirikare iva kuri 27 ijya kuri 25 ndetse ikaza amategeko agenga kwinjizwa mu gisirikare.

Share. Facebook Twitter WhatsApp Threads
MANIRAGUHA Ladisilas
  • Website

Related Posts

Gen. Muhoozi yahaye gasopo abasore bagufi bashaka gutereta abakobwa be

April 29, 2026

Perezida Museveni yanikiye abandi bakandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu

January 19, 2026

Ingabo z’ibihugu bidacana uwaka na Amerika zahuriye mu myitozo mu mazi ya Afurika y’Epfo

January 10, 2026
Leave A Reply Cancel Reply

Inkuru Wasoma

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 20261,827 Views

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 20261,584 Views

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 20251,092 Views

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 20261,002 Views

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

By MANIRAGUHA LadisilasAugust 17, 20260

Nk’uko twabibagejejeho mu nkuru yacu iheruka, ku itariki ya 14/08/2026 ahagana saa moya hagaragaye umwotsi…

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026

Breaking News: Burera mu murenge wa Cyanika, ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura ryongeye gushya

August 14, 2026

Karibu Media Ijwi ry'Abaturage muri Rubanda

Tel:+250-788-354-794
Email:info@karibumedia.com

Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
Amakuru Mashya

BURERA: Inkongi y’umuriro yari amaze iminsi itatu yazimye burundu

August 17, 2026

MUSANZE: Muri RED ROCKS baritegura iserukiramuco rizitabirwa n’abanyamahanga benshi

August 15, 2026

MUSANZE: Umuryango w’abantu barindwi(7) uri mu kaga nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

August 14, 2026
Amakuru Akunzwe

MUSANZE: MANIRAGABA Innocent uzwi nka MAYIRA ari mu maboko atari aye, nyuma yo gufungisha umukozi we

March 8, 2026

BURERA: Umujura ruharwa akomeje gukingirwa ikibaba

February 20, 2026

Burera: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa, baratabaza ubuyobozi bw’akarere

August 5, 2025
Facebook X (Twitter) Instagram Pinterest
  • Ahabanza
  • Aboturibo
  • Serivisi
  • Privacy Policy
  • Kinyarwanda
  • Français
  • Kiswahili
  • English
© 2026 Karibu Media.Alright reserved

Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.