Author: karibu media

Samsung 250 yatangije gahunda yagufasha kwigondera telefone kuri “Macye Macye”! Guhahira telephone n’ibikoresho by’ikoranabuhanga muri Samsung 250 ni iby’umumaro kuko iki kigo kiri mu bya mbere byasobanukiwe neza ko kunyurwa k’umukiliya ari inshingano z’ibanze! Muri Samsung 250 ni ibyiza gusa, ubu uragura telephone kuri Cash cyangwa kuri Macye Macye; Ugahabwa interineti ya Mango 4G y’ukwezi ndetse ukajya mu banyamahirwe batombora ibikoresho birimo: Moto; Amagare; Televiziyo; Blender n’ibindi byinshi! Muri Samsung 250 babazaniye telephone nshya z’ubwoko bwa mbere zifunze mu makarito zirimo: Samsung Galaxy S26; S22; S76; A56; A66; A26; A04 na A06 tubafitiye kandi n’ama Iphone 14; 13; 12 n’izindi…

Read More

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Buramba; Umurenge wa Gahunga mu Karere ka Burera, baratabaza ubuyobozi bw’Akarere ngo bukurikirane imikorere y’umukozi wabo “SEDO”. Ni nyuma yo kumara igihe basiragira ku biro by’aka kagari, aho bagaragaza ko kenshi basanga ibiro bifunze naho SEDO abonekeye ntabahe serivisi uko bikwiye. Dore ko Gitifu w’Akagari amaze igihe mu kiruhuko. Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 4 Kanama 2025, umwe mu baturage yageze kuri ibyo biro ahasanga abandi baturage baho bamaze igihe bategereje serivisi ariko nta muyobozi ubitayeho. Uwo muturage yagize ati: “Twahageze saa tatu za mu gitondo. Reba bigeze saa munani,…

Read More